September 19, 2025
Kigali City - Rwanda
Imikino

Amashuri yo Mujyi wa Kigali azaba afunze mu gihe cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Umujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Nzeri 2025, yamenyesheje amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali guhera ku y’incuke kugeza ku makuru na za kaminuza,  ko mu cyumweru kizabamo Shampiyona y’Isi y’Amagare, azafunga by’agateganyo. Iri tangazo rivuga ko izi nzego zimenyesha amashuri yose, ababyeyi ndetse n’abanyeshuri ko mu rwego

Read More
Imikino

 Uko gahunda y’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi rizabera i Kigali iteye

Nk’uko Kigali yitegura kwakira bwa mbere mu Rwanda ndetse no muri Afurika Shampiyona y’Isi y’isiganwa ry’amagare, UCI 2025, rizaba kuva ku ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imihanda izafungwa ndetse hagashyirwaho n’amabwiriza agenga ingendo, hagamijwe umutekano n’imigendekere myiza y’iri rushanwa. Amashuri yo mu mujyi azafungwa, abakozi ba Leta

Read More
Imikino

Javier Pastore wakiniye PSG yashimye impano z’abana b’u Rwanda

Umunya-Argentine Javier Matías Pastore wakiniye Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025 yasuye Stade Amahoro, akorana imyitozo n’abana bo mu irerero rya PSG Academy, mu rwego rwo gushimangira ubufatanye bw’u Rwanda n’iyi kipe yo mu Bufaransa. Javier Pastore wari kumwe na Rwego Ngarambe, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo

Read More
Imikino

#Inkeray’Abahizi: Police FC na AS Kigali zibonye intsinzi  

Mu irushanwa ryiswe Inkera y’Abahizi ryateguwe n’ikipe ya APR FC rikomeje, Ikipe ya Police FC yatsinze APR FC ibitego 3-2, naho AS Kigali itsinda AZAM FC yo muri Tanzania igitego 1-0, mu mikino yabaye kuri uyu wa Kane tariki 21 Kamena 2025.   Mu mukino wahuje APR FC na Police FC, amakipe yombi yatangiranye imbaraga

Read More
Imikino

Young Africans itwaye Rayon Sports Igikombe cy’Umunsi w’Igikundiro 

Young Africans yo muri Tanzania yatsinze Rayon Sports ibitego 3-1, mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro, mu rwego rwo kwizihiza ibirori bya Rayon Sports Day 2025 cyangwa Umunsi w’Igikundiro, itwara igikombe ityo. Rayon Sports ni yo yabonye igitego cya mbere ku munota wa mbere, aho bakinnyi ba Young Africans bitsinze. Icyo gitego Rayon

Read More
Imikino

Young Africans yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali n’ahandi hatandukanye

Abakinnyi, abayobozi ba Young Africans baherekejwe n’aba Rayon Sports, basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira Abatutsi basaga ibihumbi 250 baharuhukiye, basobanurirwa amateka y’u Rwanda n’ajyanye na Jenoside by’umwihariko. Nyuma yo kugera mu Rwanda, ikipe ya Young Africans yiriwe ihuze kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama 2025, ari nabwo basuye urwibutso

Read More
Imikino

Rayon Day yahumuye, Young Africans i Kigali

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 13 Kanama 2025, nibwo ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania yasesekaye i Kigali, bakirwa na Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée. Yanga Africans yageze mu Rwanda iyobowe n’umuyobozi wayo Eng. Hersi Said, ikaba ije gukina umukino wa gicuti na Rayon Sports, mu kwizihiza umunsi w’Igikundiro. Abafana benshi ba

Read More
Imikino

Bidasubirwaho Arsenal yegukanye Gyökeres

Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza nyuma y’igihe kinini yirukanka kuri rutahizamu utyaye, Viktor Einar Gyökeres, byarangiye imuguze Miliyoni 80 z’Amayero, harimo n’inyongera zizagenda zitangwa bitewe n’uko azaba yitwaye, ndetse yemeza ko izajya imuhemba ayagera ku bihumbi 200 by’Amayero mu cyumweru, ibyo bikamugira igihangange mu bahabwa agatubutse muri iyi kipe y’Abarashi. Amateka ya Gyökeres Amazina

Read More
Imikino

Basketball: APR na Patriots zirakizwa n’umukino wa gatanu

Ikipe ya APR Basketball Club yatsinze Patriots mu mukino wa kane wa kamarampaka banganya imikino 2-2, umukino wa gatanu ukaba ari wo ugomba guca impaka, kuko izawutsinda ari yo izakina final, aho izahura na REG BBC. Wari umukino wa kane wa 1/2 muri itanu igize iya kamarampaka bagomba gutanguranwa, aho APR BBC yatsinze ikipe ya

Read More
Imikino

Premier League yagarutse, reba uko amakipe azesurana kuva muri Kanama

Shampiona ikunzwe cyane ku Isi muri rusange no mu Rwanda by’umwihariko, ari yo shampiyona yo mu gihugu cy’u Bwongereza izwi ku izina rya English Premier League, yongeye yagarutse nyuma y’uko yarangiye muri Gicurasi 2025, igikombe kikaba cyaratwawe n’ikipe ya Liverpool. Iyi shampiyona iri mu zikomeye ku Isi, irakunzwe cyane ku buryo iyo habaye imikino ihuza

Read More