Home AMAKURU ACUKUMBUYE Christiano Ronald akoze andi mateka atari yarakozwe.

Christiano Ronald akoze andi mateka atari yarakozwe.

Rutahizamu w’umunyaportugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Al Nassr, yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga, nyuma yo gukora andi mateka yiyongera ku duhigo uruhuri.

Mu mikino ihuza amakipe y’abarabu kiri kubera muri Arabia soudite, ikipe ya Al Nassr ikinwamo na Cristiano Ronaldo, yageze ku mukino wa nyuma ibifashijwemo na kizigenza wayo Cristiano Ronaldo.

Ni ubwa mbere mu mateka iyi kipe igeze ku mukino wa nyuma muri aya marushanwa.
Cristiano Ronaldo niwe wabashije kugeza iyi kipe ku mukino wa nyuma, nyuma yo gutsinda igitego cyahesheje iyi kipe kwerekeza ku mukino wa nyuma.

Ni bwo bwa mbere umukinnyi atsinze ibitego bine yikurikiranyije, ibi bikaba byakozwe ku nshuro ya mbere na Cristiano Ronaldo.

Nsengiyumva Jean Marie Vianney

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here