Mu mwaka w’ihinga 2024A na 2024B abahinzi barenga Miliyoni bungutse Miliyari 165Frw
Mu nama y’Igihugu yateguwe na ‘One Acre Fund Rwanda’ yabaye ku wa Kane tariki 19 Kamena 2025, yahuje abafatanyabikorwa bakomeye mu rwego rw’ubuhinzi
Mu nama y’Igihugu yateguwe na ‘One Acre Fund Rwanda’ yabaye ku wa Kane tariki 19 Kamena 2025, yahuje abafatanyabikorwa bakomeye mu rwego rw’ubuhinzi
Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi isuku n’isukura (WASAC group), cyatangije ikoranabuhanga ryo kuvoma amazi wishyuye nk’uko bikorwa ku miriro w’amashanyarazi, kigaragaza ko iri koranabuhanga
Shampiona ikunzwe cyane ku Isi muri rusange no mu Rwanda by’umwihariko, ari yo shampiyona yo mu gihugu cy’u Bwongereza izwi ku izina rya
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yasabye ba Ofisiye bakuru basoje amasomo mu ishuri rikuru rya Gisirikare (Rwanda Defence Force Command and Staff College),
Urugo rwiza rufite ubushobozi bwo kugira iyi si dutuye y’umuhangayiko ijuru rito, nk’uko byaririmbwe na nyakwigendera Yvan Buravan. Buri gihe iyo dushyingira abana
Au Rwanda, les êtres humains vivent en étroite relation avec les animaux et la nature. Le bien-être de l’un influence souvent celui des
L’Afrique du Sud traverse une période de deuil et de consternation après des inondations dévastatrices qui ont frappé plusieurs provinces du pays. Selon
Abarimu, ababyeyi n’abayobozi b’amashuri bafite mu nshingano abana biga mu mashuri y’incuke, barasabwa kwirinda gusibiza abo bana kuko binyuranyije na gahunda ya Leta
Abatujwe mu Mudugudu wa Kaniga Akagari ka Murindi n’abo mu Mudugudu wa Runyinya, bishimira ko bakuwe ahagombaga gushyira ubuzima bwabo mu kaga, bakaba
Mu nama ku ikoranabanga mu buhinzi ibera i Kigali (ACAT), abayitabiriye bagaragaje ko ubushobozi buke mu by’imari buri mu bikibangamiye ubuhinzi muri Afurika,