Shema Fabrice uyobora FERWAFA yafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze Shema Fabrice usanzwe ari Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, akaba akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze Shema Fabrice usanzwe ari Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, akaba akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye.
Inama y’Amashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru yo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati (CECAFA), yemereye u Rwanda kwakira amarushanwa ya CECAFA Kagame Cup, mu myaka ibiri
Muri Colombia abantu nibura 132 ni bo bamaze gupfa bazize umutingito ukomeye wibasiye icyo gihugu, hakaba hatangajwe ibihe bidasanzwe. Biravugwa ko umubare w’abahitanywe
The African Union (AU) and the Common Market for Eastern and Southern Africa (COMESA) are pleased to announce the arrival of the AU-COMESA
Polisi y’u Rwanda iravuga ko igiye gukurikirana abagaragaza imyitwarire idahwitse mu ruhame rwa benshi nko mu bitaramo, ahabera imikino, ku mbuga nkoranyambaga nka
Ubuyobozi bw’u Bushinwa bwimuye abaturage barenga Miliyoni imwe bari batuye mu bice byo mu burasirazuba bw’iki gihugu, harimo n’umujyi wa Shanghai uzwiho kuba
Abayobozi b’Urugaga rw’Abikorera (PSF) mu Karere ka Nyarugenge bacyuye igihe, bashimiwe ku mugaragaro kubera ubwitange bagaragaje buzuza inshingano zabo, igikorwa cyabaye ku mugoroba
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026, nyuma yo gutsindira Gor Mahia FC ibitego 2-1 kuri Stade Amahoro,
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, yasabye abana kutemerera icyo ari cyo cyose cyahungabanya inzozi zabo. Yabisabye abana bahagarariye abandi mu Mirenge, mu
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), yakiriye icyiciro cya 24 kigizwe n’abantu 177 basaba ubuhungiro baturutse mu