Minisitiri w’Intebe yifatanyije n’abaturage ba Kayonza mu gukora umuhanda
Mu muganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Mutarama 2026 mu Karere ka Kayonza, Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva wakoranye n’abaturage b’aka.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Mu muganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Mutarama 2026 mu Karere ka Kayonza, Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva wakoranye n’abaturage b’aka.
Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda -TI Rwanda), watangaje ko urwego rw’Uburezi rwiganjemo ruswa ishingiye ku gitsina, cyane cyane mu.
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ihagarikwa rya politiki ishingiye ku mashyaka, nyuma yo gufata icyemezo cyo kuyasesa yose no gukuraho amategeko yayagengaga, umwanzuro.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko mu mwaka wa 2025 gusa, abarumwe n’imbwa mu Rwanda bageze ku 3,227. Ni imibare itangwa na.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ugereranyije n’imyaka itanu ishize. Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri.
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Mukura VS igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 15 w’irushanwa ry Rwanda Premier League (RPL). Wari umukino.
Niba uri umuntu ugorwa no kugaragaza urukundo ku bantu ukunda, fata amahirwe yo kubahobera ku wa 21 Mutarama, kuko ari Umunsi Mpuzamahanga wo.
Ingabo z’u Rwanda zibarizwa mu itsinda ry’abubatsi (Engineering Command) ziri muri Jamaica, ku bufatanye n’iki gihugu, batangiye kubaka no gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga.
Kuri iki Cyumweru tariki 18 Mutarama 2026, hasojwe Igikombe cya Afurika 2025 cyegukanywe na Sénégal itsindiye Maroc yacykiriye igitego 1-0. Igice cya mbere.
Indwara y’umutima iri mu cyiciro cy’indwara zitandura, zigira ingaruka z’ubuzima mu gihe kirekire, kandi akenshi zigatuma hakenerwa ubuvuzi bw’igihe kirekire. Icyegeranyo cyakozwe n’Ishami.