May 10, 2025
Kigali City - Rwanda
Politiki Uncategorized

Kwibuka31: Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ni imwe mu bikorwa by´ubugome mu mateka y’isi

Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ni kimwe mu bibi bikomeye byabaye mu mateka y’isi, aho mu minsi 100 gusa, abantu barenga 800,000.

Read More
Economy Ibidukikije Uncategorized

Amafaranga Ubukerarugendo Rwinjirije u Rwanda

U Rwanda rwinjirije amafaranga menshi mu rwego rw’ubukerarugendo, ahanini binashingiye ku bikorwa by’ubukerarugendo bw’ibinyabuzima, nk’ugukoresha ibikorwa byo kureba ingagi (gorilla trekking), n’ibindi bikorwa.

Read More
Ingo Zitekanye Uncategorized

U Rwanda Rukora Ibikorwa Bikomeye mu Kurengera Abagore n’Abana

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ni kimwe mu bibazo bikomeye bihangayikishije isi yose, kandi u Rwanda rwahagurukiye kurwanya iki kibazo cyateza ingaruka zikomeye ku.

Read More
Ingo Zitekanye

Ababyeyi basabwe kudatererana abana baterwa inda z’imburagihe

Imiryango itegamiye kuri Leta, abahagarariye urubyiruko abarimu ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bagaragaza ko kurwanya inda ziterwa abangavu bagata amashuri bizashoboka ari uko buriwese abigizemo.

Read More
Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda.

Read More
Imikino

Ibikomeye byaranze Premier League

Mu mikino ya shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) yakinwe kuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Manchester City yakoze ibyo benshi batatekerezaga nyuma yo.

Read More
Imyidagaduro Politiki

Inkomoko y’ijambo “OK”

Ijambo “OK” ryatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1830 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyane cyane mu mujyi wa Boston, nk’urwenya rwatangijwe n’abanyamakuru.

Read More
Ibidukikije

Ihinduka ry’Ikirere rirashyira ubuzima mu kaga

Mu minsi ya vuba, isi iri guhura n’imihindagurikire y’ikirere itigeze ibaho ku muvuduko nk’uyu mu mateka yayo. Uko imyaka ihita indi igataha, ibihe.

Read More
Ibidukikije

Minema yahaye umwitozo abagize komite z’imicungire y’ibiza uzabafasha guhangana mu gihe baterwa nabyo

Mu bihe bitandukanye Akarere ka Rubavu kagiye gahura n’ibiza by’ubwoko bunyuranye bigatwara ubuzima bw’abaturage ndetse bigasenya inzu z’abaturage, ibikorwaremezo n’indi mitungo ikahangirikira. Muri.

Read More