Michelle Yeoh, icyamamare muri filime za ‘Action’ ari mu Rwanda
Michelle Yeoh n’umugabo we Jean Todt, bari mu Rwanda aho babanje gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi. Nyuma yaho basuye Pariki y’Ibirunga, birebera ingangi n’izindi nyamaswa ziba muri iryoshyamba rikurura benshi. Yeoh ni umwe mu bagore bazwi cyane muri filime za ‘Action’ ku Isi, akaba yavuze ko yishimiye kuza mu Rwanda, nk’uko yabyanditse