June 7, 2025
Kigali City - Rwanda

Ingo Zitekanye

Ingo Zitekanye Ubuzima

ABANA MU KAGA

Buri munsi, hirya no hino ku isi, abana baba mu duce twibasiwe n’intambara bahura n’ibyago ndetse n’akaga karenze uko umuntu yabivuga.Baba basinziriye bari mu rugo, baba bakinira hanze, baba bari ku ishuri, cyangwa bashaka kwivuza, nta na rimwe baba batekanye. Baricwa, bagakomeretswa bikabije, bagashimutwa, bagafatwa ku ngufu, ibigo by’amashuri n’ibitaro bigaterwa, ndetse bakanimwa ubufasha bw’ubutabazi

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

Inkoni ivuna igufa ntivura ingeso: Dore ingaruka mbi zo gukubita umwana

Uyu mugani nyarwanda werekana ko iyo umwana yakosheje hari uburyo butandukanye bwo kumuhana, atari ukumukubita gusa. Mu miryango myinshi cyane cyane muri Afurika tumenyereye ko iyo umwana yakosheje akubitwa, mu rwego rwo kumuhana ngo atazongera iryo kosa ukundi. Ndetse no ku mashuri mu bihugu bimwe na bimwe usanga hakiri ikibazo cyo gukosora abana bakoresheje inkoni,

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima Uncategorized

UBUSHAKASHATSI BUGARAGAZA KO ABAGABO BENSHI BATINYA KWIVUZA

Iyo umuntu yumva atameze neza bimenyerewe ko akwiye kujya kwisuzumisha ndetse akanivuza. Igitangaje ni uko ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko hari ubusumbane buri hejuru mu kujya kwisuzumisha hagati y’igitsinagore n’igitsinagabo. Ubushakashatsi bwakozwe na Cleveland Clinic yo muri Leta z’Ubumwe Za Amerika bwerekana ko mirongo itandatu ku ijana (60%) y’abagabo badakunda kujya kwivuza keretse iyo barembye ugereranyije n’umubare

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Gicumbi: Yakoze ubworozi bw’ amasazi mu rwego rwo guteza imbere ubworozi

Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi ukora ubworozi bw’amasazi y’umukara avuga ko igitekerezo cyo korora amasazi cyaturutse ku mushinga PRISM wamuhaye ingurube ebyiri mu rwego rwo kumufasha kwiteza imbere. Uzabakiriho Alphonse wo mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba akagali ka Nyarutarama,ni umworozi worora amasazi yo mu bwoko bw’umukara (Black Soldier Fly) avuga ko yayoroye

Read More
Economy Ingo Zitekanye

Burera: Kwegerezwa ibiribwa by’amatungo byabagabanyirije urugendo

Itsinda rya Twitezimbere rigizwe n’aborozi 30 rikorera mu Karere ka Burera, Umurenge wa Gahunga mu Kagali ka Gisizi nyuma yo kubona ko bagowe no kubona ibiryo bagaburira amatungo bahisemo kubyicururiza , bakavuga ko bibafasha mu bworozi bwabo bitabahenze kandi byanagabanije ingendo aborozi bakoraga bajya ku bishaka. Bavuga ko babikoze nyuma yo guhabwa amahugurwa n’umushinga PRISM

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

NESA yibutse inzirakarengane ziruhukiye mu Rwibutso rwa Bisesero banoroza bamwe mubaharokokeye

Ikigo cy’ Igihugu gishinzwe ibizamini n’ ubugenzuzi bw’ Amashuri NESA, bavuga ko ubumwe n’ ubutwari byaranze Abatutsi bo mu Bisesero mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ari urugero ku bandi mu kurwanya ikibi no gushyira hamwe. Babigarutseho kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gicurasi 2025 ubwo bibukaga ku nshuro ya 31 abazize Jenoside

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye Ubuzima

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwa sisiteme y’ imibereho yasimbuye ibyiciro by’ ubudehe

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante )Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice, mu butumwa yagejeje ku batuye AKarere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli anasaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Ni ubukangurambaga bukangurira abaturage kwishyura ubwisungane mu

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

DORE  INKOMOKO Y’IJAMBO “ARO cyangwa HELLO” DUKORESHA BURIMINSI

Abahanga mu bijyanye n’indimi bavuga ko ururimi rugenda rukura; amagambo amwe amwe akagenda avaho agasimburwa n’andi cyangwa akavaho burundu bitewe n’ibihe uko bimeze. Ndetse bavuga ko havuka n’andi magambo mashyashya ajyanye n’ibihe abantu barimo. Ni muri urwo rwego Ubumwe.com bwahisemo kubashakira inkomoko y’ijambo dukoresha kenshi cyane ku munsi ariko nyamara tutazi impamvu ariryo rikoreshwa n’aho ryakomotse.

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima Uncategorized

Gushyingira abana bábakobwa ni ukwica ubuzima

Ubukwe bw’abana, aho abakobwa bashyingirwa bakiri bato, ni ikibazo gikomeye kibasiye ibihugu byinshi, cyane cyane muri Afurika, ndetse no mu bindi bice by’isi. Mu buryo bw’umuco, iyi myitwarire ikunze kwitwa ko ari uburyo bwo gushyira mu murongo abakobwa, ariko ukuri ni uko ifite ingaruka zikomeye ku buzima bwabo, ku burenganzira bwabo, ndetse no ku iterambere

Read More
Ibidukikije Ingo Zitekanye Uncategorized

“Ukunda Gukorera Mu Mvura Cyangwa Mu Zuba?” umva ibisubizo :

Mu gihe cy’izuba n’igihe cy’imvura, abantu bagira uburyo butandukanye bwo kwishimira cyangwa kwihanganira ibihe by’ikirere. Hari abumva ko izuba ari ryo ryiza, abandi bakumva ko imvura ari yo ifite umwihariko wihariye. Iyo usabye abantu gutanga ibitekerezo byabo kuri iki kibazo, usanga batanga ibisubizo bitandukanye, bitewe n’imyemerere yabo, ibikorwa bakora, ndetse n’uburyo bwo kubona ibyiza n’ibibi

Read More