May 17, 2025
Kigali City - Rwanda

Ingo Zitekanye

Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo, aho bibukijwe kudaha umwanya abashaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi, ahubwo bakwiye kurusigasira no kuruteza imbere mu mahoro, ubumwe n’iterambere. Iki gikorwa cyaranzwe no gushyira indabo ku mva, isengesho ryo kwibuka,

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ubundi gucuruza akabari ku Mukristu ni icyaha?

Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe azana ize ngingo kugira ngo yemeze undi. Ariko se kandi: Icyo Bibiliya ivuga ku nzoga n’akabari Biblia ntiyigeze ibuza umuntu kunywa inzoga burundu, ariko iragabanya, inihanangiriza kunywa inzoga mu buryo bwarenze urugero.

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Dore ubusobanuro bw’agatambaro k’umutuku gakoreshwa ku bukangurambaga kuri SIDA

Aya matsiko birashoboka ko nawe wigeze kuyagira, cyangwa ukaba unabona aka kamenyetso gusa ariko ukaba utarigeze na rimwe ufata umwanya ngo ugatekerezeho. Byose birashoboka. Niba warigeze kugira aya matsiko, reka nyakumare. Niba kandi utarigeze kuyagira, nabwo ntacyo; reka nkwongere ubumenyi. Umutuku usobanura: Ifatwa nk’ikarita y’impuhwe n’icyizere: Aho Red Ribbon yakomotse Aka gatambaro kavumbuwe mu 1991

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

“2030 nta SIDA? Uko u Rwanda ruri gutegura intsinzi idasubirwaho”

Mu gihe isi yose ikomeje urugamba rwo guhashya virusi itera SIDA, u Rwanda narwo ruri mu bihugu byagaragaje ubushake n’ingufu mu guhangana n’iki cyorezo. Nubwo ubwandu bushya bukiriho, by’umwihariko mu rubyiruko, igihugu cyateye intambwe ikomeye mu kurwanya no gukumira ikwirakwira ry’iyi virusi. Uko ubwandu bwa SIDA buhagaze mu Rwanda Raporo yiswe Rwanda Population-based HIV Impact

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ni ngombwa kugira urusengero usengeramo?

Abantu benshi, bakunda kwibaza iki kibazo, rimwe na rimwe bagashaka igisubizo, cyangwa ubundi bakabyibaza gusa ariko ntibagire icyo babikozeho bikarangirira aho.Mu buryo rusange, yego, ni ngombwa kugira urusengero cyangwa itorero umuntu asengeramo, ariko hari n’ubwisanzure mu kwemera butuma bidahinduka itegeko ridakuka. Dore impamvu rusange zerekana akamaro ko kugira urusengero usengeramo: Kuba mu muryango w’abizera Iyo

Read More
Imyidagaduro Ingo Zitekanye

Umukobwa mwiza ku isura, muri rusange aba ameze ate?

Iki ni ikibazo abantu benshi bakunda kwibaza. Ni ikibazo gishimishije kandi kigaragaza uko abantu batekereza ku ubwiza, ariko ikiruta byose ni uko twibuka ko ubwiza ari ibintu birebwa mu buryo butandukanye bitewe n’umuco, aho umuntu akuriye, amarangamutima ye, ndetse n’uko yirebera cyangwa yarezwe. Ariko tugiye kugerageza kuguha ibisubizo mu buryo rusange (nk’uko abantu benshi babibona),

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Koza amenyo kabiri ku munsi: Akamenyero gato gafite umumaro ukomeye

Ko waba uzi ko isuku y’amenyo ari kimwe mu bintu byoroshye umuntu yakora buri munsi ariko bifite umumaro munini ku buzima bwe? Nubwo abantu benshi babyirengagiza, koza amenyo ni igikorwa cy’ingenzi cyane kigomba gukorwa inshuro ebyiri ku munsi — mu gitondo no nimugoroba mbere yo kuryama. Impamvu ari ngombwa koza amenyo buri munsi: Rimwe mu

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ese wigeze utekereza ku gaciro k’ubuzima Imana yaguhaye?

Basomyi bacu dukunda, nk’uko benshi muri twe twemera, Imana niyo muremyi w’ibintu byose byabaibyo ku isi, munsi y’isi, mu kirere no mu ijuru. Mu byaremwe byose umuntu niwe waremwe m’uburyobudasanzwe kuko we ntiyaremwe n’Ijambo gusa nk’uko kubindi biremwa byagenze, ahubwo umuntu weigihe Imana yamuremaga yakoresheje intoki zayo bwite “Uwiteka Imana irema umuntu mu mukunguguwo hasi,

Read More
Ibidukikije Ingo Zitekanye

“Ubuzima mu kaga: Umwuka mubi uhitana ubuzima butavugwa”

Mu gihe isi yose ihanganye n’ingaruka z’ihindagurika ry’ikirere, mu Rwanda, ikibazo cy’ubuhumane bw’umwuka kiri mu byo bikomeje gutera impungenge ku buzima rusange. Umwuka duhumeka buri munsi ni igice cy’ingenzi cy’ubuzima, ariko iyo ubuziranenge bwawo bwangiritse, ubuzima bw’abantu benshi bushobora kujya mu kaga. Umwuka wo mu mijyi uragenda uhinduka mubi Imibare iherutse gutangazwa n’inzego z’ubuzima igaragaza

Read More
Ingo Zitekanye

Moon They Landing How are Main Close Space Really

Ahen an unknown printer took a galley of type and their scrambled imaketype specimen book has follorrvived not only fiver centuriewhen an unknown printer took a galley of type and scrambled it to make a type specimen book. It has survived not only five centuries but also the leap into electronic typesetting, remaining essentially unchanged.

Read More