May 11, 2025
Kigali City - Rwanda

Iyobokamana

Amakuru Iyobokamana

Cardinal Robert Francis Prevost niwe utorewe kuba Papa

Abakaridinali bo muri Kiliziya Gatolika kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Mata, batoye umushumba mushya wa Kiliziya ku Isi usimbura Papa Francis witabye Imana mu kwezi gushize. Nyuma y’amasaha menshi imbaga y’abakristu Gatolika bategereje Kandi basabira ko babona umushumba mushya uyiyobora ku isi, mu masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa 08 Gicurasi 2025, umwotsi

Read More
Amakuru Iyobokamana Politiki

Vatikani :Umwotsi w’umukara wongeye kugaragara, Papa mushya ntaratorwa.

Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uvuye kuri chapelle ya Sistine, ikimenyetso cy’uko amatora ya kabiri yo gushaka umusimbura wa Papa Fransisiko atigeze atanga umwanzuro. Abakardinali batorera mu ibanga rikomeye, batari kumwe n’abakirisitu, bakomeje gushakisha uzasimbura Papa Fransisiko uherutse kwitaba

Read More
Amatangazo Iyobokamana

GUTORA PAPA BIGIYE GUTANGIRA, DORE UKO BIKORWA

Kuri uyu wa gatatu nimugoroba, munsi y’igisenge cya Shapeli Sistine ya Michelangelo, abakardinali 133 baratangira gutora papa wa 267 wa Kiliziya Gatolika. Uyu munsi uratangirana na misa ya saa 10:00 (ku isaha ya Vatican ari nayo ya Kigali) ibera muri Bazilika ya Mutagatifu Petero. Iyo misa, ica kuri televiziyo, iraba iyobowe na Giovanni Battista Re,

Read More
Iyobokamana Uncategorized

“Ijuru si Urugendo rw’Amagambo, ni Urugendo rw’Ibyemezo”

Ubuntu n’amahoro biva ku Mwami wacu Yesu Kristo bibane nawe igihe usoma ibitangazwan’ikinyamakuru cyacu muri iki gika cyahariwe Iyobokamana.Mugihe gishize twanditse tuvuga ko Imana ishoboye byose nk’uko tubyizera ariko ko hariho ibintubimwe na bimwe Imana idashobora gukora nubwo ishobora byose. Bimwe muri ibyo nibyo yaremeyeumuntu ngo abikore nk’uko twabonye urugero rwo kuramya no guhimbaza Imana

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Mbese abana ba Adamu na Eva babyaranye hagati yabo?

Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n´abantu benshi, ndetse akenshi abantu batandukanye bakabijyamo impaka, kandi ni ikibazo gikomeye kijyanye n’ukwemera ndetse n’ubumenyi bw’imibereho y’abantu. Muri Bibiliya, igitabo cy´Itangiriro kivuga ko Adamu na Eva ari bo bantu ba mbere Imana yaremye, bakaba ari bo bakomokaho abantu bose. Ariko ikibazo kijya kibazwa ni uburyo abana babo, nk’uko Bibiliya ibivuga, babayeho

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Impamvu Abagore Batagaragara Nk’Abanditsi muri Bibilia

Iki ni ikibazo abantu benshi bibaza, kandi ni kibazo cyiza cyane, kandi gifite ishingiro. Uko byagenda kose, Bibilia ni igitabo kirekire gifite amateka yihariye kandi kiri mu nkoranyamagambo zagiye zivugururwa mu bihe bitandukanye, hakaba n’ibihe bitandukanye by’ubuyobozi, imico, n’imibanire y’abantu. Iyo urebye amateka ya Bibilia, ugasanga hari ibibazo byinshi by’imiterere y’ubuyobozi bw’umuryango, ndetse no ku

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Mbese abana ba Adamu na Eva babyaranye hagati yabo?

Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n´abantu benshi, ndetse akenshi abantu batandukanye bakabijyamo impaka, kandi ni ikibazo gikomeye kijyanye n’ukwemera ndetse n’ubumenyi bw’imibereho y’abantu. Muri Bibiliya, igitabo cy´Itangiriro kivuga ko Adamu na Eva ari bo bantu ba mbere Imana yaremye, bakaba ari bo bakomokaho abantu bose. Ariko ikibazo kijya kibazwa ni uburyo abana babo, nk’uko

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Kwambara Ipantalo ku Bagore: Icyo Bibiliya Ivuga Ku Myambarire n’Imyitwarire

Bibiliya, nk’igitabo gikuru cy’imyemerere ya gikirisitu, isanzwe isobanura uburyo abantu bagomba kubaho no gutwara mu buzima bwa buri munsi. Hari byinshi byanditse muri Bibiliya biganisha ku myifatire, imyitwarire, n’ibikorwa by’inyangamugayo, ariko iyo turavuze ku kibazo cy’imyambarire, cyane cyane ku bagore, abantu benshi bakunze kwibaza niba kwambara ipantalo ari icyaha, cyangwa niba Bibiliya ibivugaho mu buryo

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ubundi gucuruza akabari ku Mukristu ni icyaha?

Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe azana ize ngingo kugira ngo yemeze undi. Ariko se kandi: Icyo Bibiliya ivuga ku nzoga n’akabari Biblia ntiyigeze ibuza umuntu kunywa inzoga burundu, ariko iragabanya, inihanangiriza kunywa inzoga mu buryo bwarenze urugero.

Read More
Iyobokamana

Gukina Yesu byamubereye nk’umusaraba:Ubuhamya bwa Robert Powell

Mu mateka ya sinema ya gikirisitu, filime Jesus of Nazareth yasohotse mu 1977 ni imwe mu zifite izina rikomeye cyane. Yabaye impinduramatwara mu kugaragaza inkuru y’ubuzima bwa Yesu Kristo. Nyamara, inyuma y’iyo shusho nziza, hari inkuru y’akababaro, urujijo, n’ingaruka ziremereye ku buzima bw’umukinnyi Robert Powell, wagize amahirwe n’umusaraba wo gukina Yesu. Uko byatangiye: Umwanya utangaje

Read More