Rayon Day yahumuye, Young Africans i Kigali
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 13 Kanama 2025, nibwo ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania yasesekaye i Kigali, bakirwa na Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée. Yanga Africans yageze mu Rwanda iyobowe n’umuyobozi wayo Eng. Hersi Said, ikaba ije gukina umukino wa gicuti na Rayon Sports, mu kwizihiza umunsi w’Igikundiro. Abafana benshi ba
