Isuzuma mpuzamahanga rya PISA 2025 rizafasha kumenya amavugurura akenewe mu Uburezi
Mu Rwanda hatangijwe isuzumwa rigamije kureba aho abana bageze mu byerekeye gusoma, imibare, na Siyanse, rikazafasha ku menya aho abana bo mu Rwanda bageze mu byerekeye kwiga no kureba uburyo bahagaze ugereranije n’ ibindi bihugu 80 bahuriye muri iri suzumwa. Ni isuzumwa ryatangijwe kuri uyu wambere taliki 28 Mata 2025 ritangirizwa mu Kigo cya Camp