May 18, 2025
Kigali City - Rwanda

youyou

Ingo Zitekanye

Ababyeyi basabwe kudatererana abana baterwa inda z’imburagihe

Imiryango itegamiye kuri Leta, abahagarariye urubyiruko abarimu ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bagaragaza ko kurwanya inda ziterwa abangavu bagata amashuri bizashoboka ari uko buriwese abigizemo

Read More
Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda

Read More
Imikino

Ibikomeye byaranze Premier League

Mu mikino ya shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) yakinwe kuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Manchester City yakoze ibyo benshi batatekerezaga nyuma yo

Read More
Imyidagaduro Politiki

Inkomoko y’ijambo “OK”

Ijambo “OK” ryatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1830 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyane cyane mu mujyi wa Boston, nk’urwenya rwatangijwe n’abanyamakuru

Read More
Ibidukikije

Ihinduka ry’Ikirere rirashyira ubuzima mu kaga

Mu minsi ya vuba, isi iri guhura n’imihindagurikire y’ikirere itigeze ibaho ku muvuduko nk’uyu mu mateka yayo. Uko imyaka ihita indi igataha, ibihe

Read More
Ibidukikije

Minema yahaye umwitozo abagize komite z’imicungire y’ibiza uzabafasha guhangana mu gihe baterwa nabyo

Mu bihe bitandukanye Akarere ka Rubavu kagiye gahura n’ibiza by’ubwoko bunyuranye bigatwara ubuzima bw’abaturage ndetse bigasenya inzu z’abaturage, ibikorwaremezo n’indi mitungo ikahangirikira. Muri

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ubundi gucuruza akabari ku Mukristu ni icyaha?

Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe

Read More
Iyobokamana

Gukina Yesu byamubereye nk’umusaraba:Ubuhamya bwa Robert Powell

Mu mateka ya sinema ya gikirisitu, filime Jesus of Nazareth yasohotse mu 1977 ni imwe mu zifite izina rikomeye cyane. Yabaye impinduramatwara mu

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Dore ubusobanuro bw’agatambaro k’umutuku gakoreshwa ku bukangurambaga kuri SIDA

Aya matsiko birashoboka ko nawe wigeze kuyagira, cyangwa ukaba unabona aka kamenyetso gusa ariko ukaba utarigeze na rimwe ufata umwanya ngo ugatekerezeho. Byose

Read More