Dore impamvu 5 ukeneye ingengo y’imari y’uburyo ukoresha amafaranga yawe
Gutegura ‘budget’ cyangwa ingengo y’imari, bimenyerewe kuba bikorwa na za Guverinoma, ibigo bya Leta, abikorera mu rwego rwo kumenya uko imari yaba iy’Igihugu.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Gutegura ‘budget’ cyangwa ingengo y’imari, bimenyerewe kuba bikorwa na za Guverinoma, ibigo bya Leta, abikorera mu rwego rwo kumenya uko imari yaba iy’Igihugu.
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe uburenganzira bw’abaguzi ku ya 18 Werurwe 2026, abaguzi bashishikarijwe kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa ibicuruzwa byujuje ubuziranenge kandi.
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ryatangaje ko akanama gashinzwe ubujurire kemeje ko Senegal ‘ifatwa nk’iyatsinzwe ku mukino wa nyuma’, bityo intsinzi yayo.
Muri Ethiopia, nibura abantu 102 barapfuye bazize inkangu zatewe n’imvura nyinshi yaguye kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru mu gace ka Gamo, mu majyepfo.
Oleg Zaitsev aragenda anyura mu ruganda ruri i Almaty muri Kazakhstan, aho abakozi benshi barimo gutandukanya ibice bya mudasobwa n’amatelevisiyo bishaje. Uyu mugabo.
U Rwanda ruhanze amaso ibizava mu isuzuma mpuzamahanga ry’ubumenyi n’ubushobozi by’abanyeshuri rya PISA 2025, rizagaragaza uko ireme ry’uburezi rihagaze ku ruhando mpuzamahanga. Ikigo.
Isuzuma mpuzamahanga mu burezi rya PISA ribaye ku nshuro ya 9 mu Rwanda, akaba ari inshuro ya mbere baryitabiriye, ibizavamo bizatanga icyizere cy’uburyo.
Mu nama nyunguranabitekerezo yabereye mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Rwamagana, yahuje abayobozi b’Intara, uturere, abafaranyabikorwa n’abanyamadini, yagarutse ku igwingira ry’abana rikigararagara hirya.
Mu Rwanda harimo kubera Inama Nyafulika y’Ubuziranenge, ARSO, yahuje abashinzwe gukora amabwiriza y’ubuziranenge bo mu bihugu 15 byo ku mugabane w’Afurika, irimo gukora.