Abanyeshuri ba GS St Vincent Pallotti bateye ibiti ku kigo cyabo
Ibi ni ibyakozwe muri gahunda umujyi wa Kigali wihaye yo gutera ibiti mu rwego rwo kuwurimbisha, ndetse no kugira ngo abahatuye bahumeke umwuka mwiza. Ikigo GS Mutagatifu Visenti Pallotti giherereye mu Murenge wa Gikondo Akarere ka Kicukiro, nacyo nticyatanzwe muri iyo ntego yo kurimbisha Kigali, kuko bateye ibiti bigera ku 120 mu rwego rwo kurimbisha
