Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ku wa Gatatu tariki ya 10 Kemena 2026, rivuga ko ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo zirimo iya 111, iya 112 n’iya 116, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya batandukanye. Abayobozi bashya bashyizweho harimo Eng Murwanashyaka
