Amajyepfo: Kurwanya igwingira mu bana ntibihere mu biganiro, bijye mu bikorwa
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025. Ibi byatumye hashyirwa imbaraga mu gukangurira inzego z’unuyobozi gushyira imbaraga mu kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana, kuko bihangayikishije ku kigero kiri hejuru hakarebwa ikibitera. Ibi kandi byagarutsweho mu nama
