ABANA MU KAGA
Buri munsi, hirya no hino ku isi, abana baba mu duce twibasiwe n’intambara bahura n’ibyago ndetse n’akaga karenze uko umuntu yabivuga.Baba basinziriye bari mu rugo, baba bakinira hanze, baba bari ku ishuri, cyangwa bashaka kwivuza, nta na rimwe baba batekanye. Baricwa, bagakomeretswa bikabije, bagashimutwa, bagafatwa ku ngufu, ibigo by’amashuri n’ibitaro bigaterwa, ndetse bakanimwa ubufasha bw’ubutabazi