June 7, 2025
Kigali City - Rwanda
Ingo Zitekanye Ubuzima

ABANA MU KAGA

Buri munsi, hirya no hino ku isi, abana baba mu duce twibasiwe n’intambara bahura n’ibyago ndetse n’akaga karenze uko umuntu yabivuga.Baba basinziriye bari mu rugo, baba bakinira hanze, baba bari ku ishuri, cyangwa bashaka kwivuza, nta na rimwe baba batekanye. Baricwa, bagakomeretswa bikabije, bagashimutwa, bagafatwa ku ngufu, ibigo by’amashuri n’ibitaro bigaterwa, ndetse bakanimwa ubufasha bw’ubutabazi

Read More
Amakuru Ubuzima

Dore akamaro k’umunyu wa Gikukuru

Umunyu gakondo uzwi nka Gikukuru ni ubwoko bw’umunyu w’amabuye karemano (natural rock salt) ukoreshwa cyane mu Rwanda, uzwiho kuba urimo intungamubiri nyinshi ugereranyije n’umunyu usanzwe. Uyu munyu ugaragara mu ibara ry’umukara, umuhondo, umutuku cyangwa ubururu, bitewe n’aho wavuye n’imyunyu iwugize. Ibikubiye muri Gikukuru: Harimo Sodium na Chloride (nk’umunyu usanzwe), hakabamo Calcium, Potasiyumu, Magnesium, Umuringa, Zinc,

Read More
Amakuru Ubuzima

RSSB yashyizeho urubuga rushya rworohereza abishyura imisanzu y’abakozi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwamuritse urubuga rushya rwa ‘Ishema’, ruzunganira abakoresha mu  kwishyura imisanzu y’abakozi babo ya buri kwezi  ku gihe, bitabasabye kujya  kuri RSSB cyangwa ahandi byajyaga bikorerwa. Urubuga Ishema rwamuritswe ku wa Kane tariki 22 Gicurasi 2025, rwatangiye gukorwa mu mwaka ushize wa 2024, rukaba rurimo  gukoreshwa n’abakoresha ibihumbi 11, mu

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima Uncategorized

UBUSHAKASHATSI BUGARAGAZA KO ABAGABO BENSHI BATINYA KWIVUZA

Iyo umuntu yumva atameze neza bimenyerewe ko akwiye kujya kwisuzumisha ndetse akanivuza. Igitangaje ni uko ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko hari ubusumbane buri hejuru mu kujya kwisuzumisha hagati y’igitsinagore n’igitsinagabo. Ubushakashatsi bwakozwe na Cleveland Clinic yo muri Leta z’Ubumwe Za Amerika bwerekana ko mirongo itandatu ku ijana (60%) y’abagabo badakunda kujya kwivuza keretse iyo barembye ugereranyije n’umubare

Read More
Ibidukikije Ubuzima

Toni 8.500 z’imiti ya antibiyotike iboneka mu nkari zacu zanduza imigezi buri mwaka

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza, hafi kimwe cya gatatu cy’imiti ya Antibiyotike ikoreshwa ku isi yose isohoka mu mubiri w’umuntu ikajya mu migezi, igatera umwanda. Uyu mwanda wiyongera kandi ku wundi uva mu miti itangwa mu bworozi bw’amatungo hamwe n’uw’ibisigazwa by’inganda zikora iyo miti (nk’uko bivugwa n’ishuri rya McGill). Nubwo ikoreshwa ry’imiti yica udukoko ritiyongereye cyane hagati

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Gicumbi: Yakoze ubworozi bw’ amasazi mu rwego rwo guteza imbere ubworozi

Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi ukora ubworozi bw’amasazi y’umukara avuga ko igitekerezo cyo korora amasazi cyaturutse ku mushinga PRISM wamuhaye ingurube ebyiri mu rwego rwo kumufasha kwiteza imbere. Uzabakiriho Alphonse wo mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba akagali ka Nyarutarama,ni umworozi worora amasazi yo mu bwoko bw’umukara (Black Soldier Fly) avuga ko yayoroye

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye Ubuzima

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwa sisiteme y’ imibereho yasimbuye ibyiciro by’ ubudehe

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante )Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice, mu butumwa yagejeje ku batuye AKarere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli anasaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Ni ubukangurambaga bukangurira abaturage kwishyura ubwisungane mu

Read More
Ubuzima Uncategorized

Uburozi cyangwa Indwara? Ukuri kuri Stroque

Mu mudugudu wa Nyabivumu, hari umugabo w’imyaka mirongo itandatu n’itatu witwaga Gatera. Yari umugabo wubahwaga n’abaturage kubera ubuhanga n’ubushishozi. Yari umujyanama w’abaturage, akaba yaranagize uruhare mu kubaka ishuri n’isoko ry’aho batuye. Umunsi umwe, ubwo Gatera yari mu murima we w’urutoki, yahuye n’ibyago. Yikubise hasi ananirwa kuvuga, ukuboko kwe kw’ibumoso kwahise kugira ibibazo ku buryo kukunyeganyeza

Read More
Amakuru Ubuzima Uncategorized

Mu Budage: Umuganga aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica.

Umuganga w’umuderevu wo mu Budage aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica. Uregwa afite imyaka 40, akaba yarakoresheje imiti itandukanye kugira ngo yice abarwayi be, aho yahuje imiti “cocktail” ibiri ishobora gutuma umubiri w’umuntu wiyoberanya ugahita upfa mu minota mike. Abashinjacyaha bo mu Mujyi wa Berlin bavuga ko uyu muganga yakoze ibi mu

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima Uncategorized

Gushyingira abana bábakobwa ni ukwica ubuzima

Ubukwe bw’abana, aho abakobwa bashyingirwa bakiri bato, ni ikibazo gikomeye kibasiye ibihugu byinshi, cyane cyane muri Afurika, ndetse no mu bindi bice by’isi. Mu buryo bw’umuco, iyi myitwarire ikunze kwitwa ko ari uburyo bwo gushyira mu murongo abakobwa, ariko ukuri ni uko ifite ingaruka zikomeye ku buzima bwabo, ku burenganzira bwabo, ndetse no ku iterambere

Read More