Home Uncategorized Dore amahirwe agirwa n’abagore b’urubavu ruto kandi bagufi atagirwa n’abagore barebare.

Dore amahirwe agirwa n’abagore b’urubavu ruto kandi bagufi atagirwa n’abagore barebare.

Nubwo buri kintu kigira ubwiza bwacyo kikanagira ububi bwacyo, Kuba mu gufi bikundwa kugarukwaho kenshi, abantu babivuga mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ku buryo umwanya umuntu amara avuga ku muntu mugufi, iyo bigeze ku muntu muremure nta nkuru nyinshi aba afite amuvugaho. Akenshi ubona utuntu twose tw’umuntu mugufi wagira icyo utuvugaho.

Abagore bagufi bafite amahirwe menshi atagirwa n’abagore barebare, kuburyo akenshi wumva bari kwivuza ko bamera nkawe bati » Nibe nawe » Uyu munsi Ubumwe.com bwifashishije urubuga vudaf, mu gice cyarwo cy’imyidagaduro n’ubuzima bw’abantu, bwabateguriye amahiwe 10 abagore bagufi bagira atagirwa n’abagore barebare.

  • Abagabo barabakunda

 

Abagabo b’ibisore bakunda kugaragaza ko barenze ku bagore babo cyangwa inshuti zabo z’abakobwa, mbese bikagaragarira buri wese ko umusore ariwe ufite imbaraga z’umubiri kuburyo afite ubushobozi bwo kurinda umukobwa bakundana.Ubushakashatsi bwagaragaje ko iyo ufite uburebure buri munsi ya metero 1 na 60, ufite amahirwe yo gukundwa n’umusore uwo ariwe wese, niyo waba ugeze mu myaka 42.

  • Ushobora kurambura ibirenge byawe uko ubishaka n’aho waba uri hose.

Waba wicaye ahantu mu nama, waba wicaye ku byaba bategerereza abagenzi, waba uri ku kibuga cy’indege cyangwa mu ndege ugenda, ushobora kurambura amaguru yawe ukaruhuka uko ubikeneye kandi bikabonwa n’abantu bake cyane mwegeranye,n’ubibonye ntibimubangamire. Ahubwo abenshi bakunda kuvuga ko binagaragara neza.

  • Kubona imyenda ntibibagora

 

Ahantu henshi bacuruza imyenda ahabona imyenda imukwiriye. Yaba mu masoko aciriritse cyangwa makuru.

  • Inshuti ye y’umusore iba imuruta ubusore.

Kereka gusa umusore bakundana abaye akabije ubuto. Naho ubundi akenshi usanga umusore bakundana amurusha ubusore kandi ukabona bagaragara neza cyane yaba ku babareba, ndetse n’umusore bikamunezeza.

  • Nta mwanya munini bafata.

Nta muntu baba babangamiye, kuko badafata umwanya munini. Ibintu byabo bakora babikorera mu kanya gato, kuko baba babasha gukwirwamo neza, ku buryo ntawe babangamira ababwira ko bamubyize.

  • Ubuna ateye amabengeza

Umuntu wese aba ashaka kumuvugisha no kumwitaho, uba ubona ateye amabengeza, kuburyo n’abantu mu busanzwe ubona bacecetse cyangwa badashabutse, iyo bigeze ku bagore bato barabakurura nabo bakifuza kubitaho.

  • Ibyago byo kwandura kanseri ni bike cyane.

Ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri cyo muri Amerika (Cancer Epidemiology) cyagaragaje ko kanseri zitandukanye harimo iy’amabere, uruhu n’umurera ntanga ibyago byo kuyandura bigenda byiyongera inshuro zingana na 13% uko abantu bagenda barutanwa buri 10cm z’uburebure.

(8) Tu supportes moins bien l’alcool. Et c’est bien

Les blagues que les gens font sur ton talent incroyable à dandiner après seulement 2 verres de vin te dissuadent de devenir alcoolique.

(9) On te laisse toujours passé au premier rang

Ce qui fait que tu apparais toujours très bien sur les photos de classe.

(10) Tu as un budget savon moins élevé

Après tout, y a pas grand chose à laver hun !

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here