Colombie: Un avion militaire s’écrase faisant au moins 66 morts
Un avion de transport militaire transportant 121 personnes, principalement des soldats, s’est écrasé peu après son décollage Lundi 23 Mars 2026 à Puerto
Un avion de transport militaire transportant 121 personnes, principalement des soldats, s’est écrasé peu après son décollage Lundi 23 Mars 2026 à Puerto
Gutegura ‘budget’ cyangwa ingengo y’imari, bimenyerewe kuba bikorwa na za Guverinoma, ibigo bya Leta, abikorera mu rwego rwo kumenya uko imari yaba iy’Igihugu
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe uburenganzira bw’abaguzi ku ya 18 Werurwe 2026, abaguzi bashishikarijwe kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa ibicuruzwa byujuje ubuziranenge kandi
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ryatangaje ko akanama gashinzwe ubujurire kemeje ko Senegal ‘ifatwa nk’iyatsinzwe ku mukino wa nyuma’, bityo intsinzi yayo
Muri Ethiopia, nibura abantu 102 barapfuye bazize inkangu zatewe n’imvura nyinshi yaguye kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru mu gace ka Gamo, mu majyepfo
Oleg Zaitsev aragenda anyura mu ruganda ruri i Almaty muri Kazakhstan, aho abakozi benshi barimo gutandukanya ibice bya mudasobwa n’amatelevisiyo bishaje. Uyu mugabo
U Rwanda ruhanze amaso ibizava mu isuzuma mpuzamahanga ry’ubumenyi n’ubushobozi by’abanyeshuri rya PISA 2025, rizagaragaza uko ireme ry’uburezi rihagaze ku ruhando mpuzamahanga. Ikigo
Isuzuma mpuzamahanga mu burezi rya PISA ribaye ku nshuro ya 9 mu Rwanda, akaba ari inshuro ya mbere baryitabiriye, ibizavamo bizatanga icyizere cy’uburyo
Mu nama nyunguranabitekerezo yabereye mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Rwamagana, yahuje abayobozi b’Intara, uturere, abafaranyabikorwa n’abanyamadini, yagarutse ku igwingira ry’abana rikigararagara hirya