Lionel Sentore agiye gutaramira Abanyarwanda
Umuhanzi Lionel Sentore uririmba akanabyina indirimbo z’injyana gakondo agiye gutaramira abanyarwanda mu gitaramo kizaba ku cyumweru taliki 27Nyakanga 2025 Ni igitaramo kizabera ahazwi
Umuhanzi Lionel Sentore uririmba akanabyina indirimbo z’injyana gakondo agiye gutaramira abanyarwanda mu gitaramo kizaba ku cyumweru taliki 27Nyakanga 2025 Ni igitaramo kizabera ahazwi
Ihuriro ry’Abepiskopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM), riritegura inama ya 20 y’amateka, izabera i Kigali mu Rwanda kuva ku ya 30 Nyakanga
Igiterane mpuzamahanga All Women Together Conference, kigiye kuba ku nshuro ya 13 kikazatangira tariki 13 Kanama 2025 kikazajya kibera muri Kigali Convention Center.
Ku bufatanye n’Ikigo cy’Abongereza gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (FCDO), Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibikorwa by’Iterambere mu Nzego z’Ibanze (LODA), cyashyikirije telefone zikoranye ikoranabuhanga rigezweho
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Guverinoma nshya, mu bayigize hakaba harimo Abaminisitiri babiri bashya ndetse n’Abanyamabanga ba Leta babiri na bo bashya.
Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, akaba yasimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano guhera mu 2017. Minisitiri w’Intebe
Ku wa 21 Nyakanga 2025, Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB), rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo Hotel Château Le Marara iherereye mu Karere ka
Mwitende Abdoulkarim wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka ‘Burikantu’ yatawe muri yombi, azira gufungirana mu nzu abakobwa bari bagiye kumureba iwe mu rugo aho
Nibura abantu 54 baguye mu gitero cy’ingabo za Israel muri Gaza, muri bo 51 bakaba bari bategereje guhabwa imfashanyo y’ibyo kurya, cyane ko
U Rwanda na Antigua and Barbuda byasinye amasezerano yo gukuriraho Viza abaturage babyo bafite Pasiporo izo ari zo zose, zirimo izisanzwe n’iza dipolomasi,