Abajyanama b’ubuzima bagiye kuzamurirwa imibereho binyuze muri ‘Muganga SACCO’
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakorerabushake batagira imishahara, ariko bitanga, akaba ari muri urwo rwego batekerejweho mu kuba bashyirwa mu kigo cy’imari, kugira
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakorerabushake batagira imishahara, ariko bitanga, akaba ari muri urwo rwego batekerejweho mu kuba bashyirwa mu kigo cy’imari, kugira
Nyuma ya Peteroli, Afurika na Aziya y’Amajyepfo biri kubura ifumbire mvaruganda, yafatiwe mu muhora wa Ormuz. Uku kubura ibintu bitandukanye bituma habaho ingaruka
Icyigo cy’imari cy’ikoranabuhanga kigamije korohereza abacuruzi bato n’abaciriritse kubona inguzanyo (Numida), mu rwego rwo guteza imbere ubukungu bwabo ndetse n’ubw’Igihugu muri rusange, cyatangije
Un avion de transport militaire transportant 121 personnes, principalement des soldats, s’est écrasé peu après son décollage Lundi 23 Mars 2026 à Puerto
Gutegura ‘budget’ cyangwa ingengo y’imari, bimenyerewe kuba bikorwa na za Guverinoma, ibigo bya Leta, abikorera mu rwego rwo kumenya uko imari yaba iy’Igihugu
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe uburenganzira bw’abaguzi ku ya 18 Werurwe 2026, abaguzi bashishikarijwe kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa ibicuruzwa byujuje ubuziranenge kandi
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ryatangaje ko akanama gashinzwe ubujurire kemeje ko Senegal ‘ifatwa nk’iyatsinzwe ku mukino wa nyuma’, bityo intsinzi yayo
Muri Ethiopia, nibura abantu 102 barapfuye bazize inkangu zatewe n’imvura nyinshi yaguye kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru mu gace ka Gamo, mu majyepfo
Oleg Zaitsev aragenda anyura mu ruganda ruri i Almaty muri Kazakhstan, aho abakozi benshi barimo gutandukanya ibice bya mudasobwa n’amatelevisiyo bishaje. Uyu mugabo