Perezida Kagame yatanze ipeti rya Sous-Lieutenant ku basirikare basaga 1,000
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatanze ipeti rya Sous-Lieutenant ku basirikare 1029 basoje amasomo ya gisirikare mu mashuri atandukanye, igikorwa cyabereye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatanze ipeti rya Sous-Lieutenant ku basirikare 1029 basoje amasomo ya gisirikare mu mashuri atandukanye, igikorwa cyabereye
Mu gutangiza gahunda yo kubungabunga ibidukikije mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Shingiro mu Kagari ka Mugari na Mudende, bamwe mu bahejejejwe
Mu gihe Meteo yo mu Bufaransa yari yateguje abasiganwa ko baza kuba badahanganye hagati yabo gusa, ahubwo baba bahanganye n’umuyaga wa Km 40
Mu Rwanda hateraniye inama ihuriwemo n’ibihugu birimo u Rwanda, Cameroon na Zambia, yiga ku bushakashatsi ku buryo hakurwaho inzitizi zibangamiye uburenganzira bw’abantu bafite
U Rwanda rwatangiye kohereza ku isoko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Wolfram (Tungsten). Konteneri za mbere zirimo amabuye y’agaciro
Mu rwego rwo guteza imbere ndetse no kumenyekanisha u Rwanda binyuzemuri gahunda ya Visit Rwanda, ubu noneho rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’ikipe ya Los
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara z’umutima wizihirijwe mu Karere ka Rubavu, wabanjirijwe n’icyumweru cyahariwe gushishikariza abantu kwirinda indwara z’umutima, hapimwe indwara zitandukanye zirimo
Umunya-Slovenia, Tadej Pogačar, yisubije umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, nyuma yo gutsinda isiganwa ry’abagabo ryo mu muhanda ryakinwe kuri iki Cyumweru,
Ibyo wamenya ku isiganwa ritegerejwe cyane ry’abagabo babigize umwuga (Men Elite), basiganwa kuri iki cyumweru banashyira akadomo ku irushanwa ry’uyu mwaka. Igihe: 09h45-16h45
Umukobwa ukomoka muri Espagne w’imyaka 18, Paula Ostiz, yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro cy’abangavu basiganwa mu muhanda (Road Race), mu gihe Umunya-Canada