Abakoresha inoti z’Amafaranga y’u Rwanda mu mitako n’imirimbo baburiwe
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) nk’urwego rufite mu nshingano gucunga ifaranga ry’u Rwanda, iraburira abantu bose kwirinda gukoresha inoti z’Amafaranga y’u Rwanda mu
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) nk’urwego rufite mu nshingano gucunga ifaranga ry’u Rwanda, iraburira abantu bose kwirinda gukoresha inoti z’Amafaranga y’u Rwanda mu
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC), yatangaje ko Politiki y’Uburezi budaheza, yashyizweho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yatumye umubare w’abagana amashuri wiyongera uhereye mu
Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko bagomba guharanira kwigira no kwirinda kubaho bateze amaramuko ku bandi. Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Inama
Mu muganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Mutarama 2026 mu Karere ka Kayonza, Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva wakoranye n’abaturage b’aka
Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda -TI Rwanda), watangaje ko urwego rw’Uburezi rwiganjemo ruswa ishingiye ku gitsina, cyane cyane mu
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ihagarikwa rya politiki ishingiye ku mashyaka, nyuma yo gufata icyemezo cyo kuyasesa yose no gukuraho amategeko yayagengaga, umwanzuro
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko mu mwaka wa 2025 gusa, abarumwe n’imbwa mu Rwanda bageze ku 3,227. Ni imibare itangwa na
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ugereranyije n’imyaka itanu ishize. Byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Mukura VS igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 15 w’irushanwa ry Rwanda Premier League (RPL). Wari umukino
Niba uri umuntu ugorwa no kugaragaza urukundo ku bantu ukunda, fata amahirwe yo kubahobera ku wa 21 Mutarama, kuko ari Umunsi Mpuzamahanga wo