Ihinduka ry’Ikirere rirashyira ubuzima mu kaga
Mu minsi ya vuba, isi iri guhura n’imihindagurikire y’ikirere itigeze ibaho ku muvuduko nk’uyu mu mateka yayo. Uko imyaka ihita indi igataha, ibihe
Mu minsi ya vuba, isi iri guhura n’imihindagurikire y’ikirere itigeze ibaho ku muvuduko nk’uyu mu mateka yayo. Uko imyaka ihita indi igataha, ibihe
Mu bihe bitandukanye Akarere ka Rubavu kagiye gahura n’ibiza by’ubwoko bunyuranye bigatwara ubuzima bw’abaturage ndetse bigasenya inzu z’abaturage, ibikorwaremezo n’indi mitungo ikahangirikira. Muri
Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe
Mu mateka ya sinema ya gikirisitu, filime Jesus of Nazareth yasohotse mu 1977 ni imwe mu zifite izina rikomeye cyane. Yabaye impinduramatwara mu
Aya matsiko birashoboka ko nawe wigeze kuyagira, cyangwa ukaba unabona aka kamenyetso gusa ariko ukaba utarigeze na rimwe ufata umwanya ngo ugatekerezeho. Byose
Mu gihe isi yose ikomeje urugamba rwo guhashya virusi itera SIDA, u Rwanda narwo ruri mu bihugu byagaragaje ubushake n’ingufu mu guhangana n’iki
Abantu benshi, bakunda kwibaza iki kibazo, rimwe na rimwe bagashaka igisubizo, cyangwa ubundi bakabyibaza gusa ariko ntibagire icyo babikozeho bikarangirira aho.Mu buryo rusange,
Iki ni ikibazo abantu benshi bakunda kwibaza. Ni ikibazo gishimishije kandi kigaragaza uko abantu batekereza ku ubwiza, ariko ikiruta byose ni uko twibuka
Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi bifite igisirikare gifite inshingano zo kurinda ubusugire bwabyo, hari ibihugu bimwe na bimwe byahisemo kutagira igisirikare,
Ko waba uzi ko isuku y’amenyo ari kimwe mu bintu byoroshye umuntu yakora buri munsi ariko bifite umumaro munini ku buzima bwe? Nubwo