September 19, 2025
Kigali City - Rwanda
Politiki

Ibyo Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangaje ku mwanzuro w’iya EU usaba gufungura Ingabire Victoire       

Ku wa 15 Nzeri 2025, Sena y’u Rwanda yarateranye igamije kugenzura no kugira icyo ivuga ku mwanzuro wafashwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi (EU), yemejwe ku wa 11 Nzeri, isaba irekurwa  rya Victoire Ingabire Umuhoza, ukurikiranywe n’ubutabera bw’u Rwanda akaba afunzwe kuva muri Kamena 2025. Uyu mwanzuro, washyigikiwe n’Abadepite b’u Burayi 549, Abadepite 2

Read More
Politiki

Abadepite bamaganye imyanzuro y’Inteko Ishinga Amategeko ya EU igaragaramo kuvogera u Rwanda

Inteko Rusange Umutwe w’Abadepite yamaganye ibikubiye mu myanzuro y’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ifite ingingo zirimo isabira Ingabire Victoire Umuhoza, ukurikiranywe mu nkiko kurekurwa. Abadepite bavuga ko imyanzuro y’iyi Nteko ya EU ikubiyemo agasuzuguro no gutesha agaciro Abanyarwanda, kuvogera ubwisanzure bw’ubucamanza bw’u Rwanda ndetse n’ubusugire bw’Igihugu. Ku rundi ruhande, Inteko Rusange ya Sena

Read More
Politiki

Sénégal: Perezida Kagame yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Dakar muri Sénégal, aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems Forum/#AFS Forum2025). Akigera i Dakar ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025, Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye. AFS Forum ni ihuriro ryita ku guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi

Read More
Politiki

U Rwanda rwongeye kwamagana ibirego bishinja RDF ubwicanyi muri RDC

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego byatangajwe n’ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ushinzwe uburenganzira bwa muntu, bishinja Ingabo zarwo, RDF, gufasha umutwe wa M23 mu kugira uruhare mu bwicanyi bwabereye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibyo birego binahuriweho kandi n’Umuryango Human Rights Watch, HRW, ndetse n’Ibiro bihuriweho na UN bishinzwe Uburenganzira

Read More
Politiki

U Rwanda rwamaganye raporo ya UN ishinja RDF ubwicanyi muri RDC

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu (OHCHR), ishinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe abasivili 319, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, yagaragaje ko ibyatangajwe na OHCHR

Read More
Politiki

U Rwanda na Zimbabwe byongereye amasezerano y’ubufatanye

Kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Kanama 2025, u Rwanda na Zimbabwa byasinyanye amasezerano anyuranye y’ubufatanye yiyongera ku yasanzwe, aya none akaba ari ayo guteza imbere urwego rw’ingufu no guhanahana amakuru ku bijyanye na za gasutamo, guteza imbere  urubyiruko ndetse no guteza imbere ubufatanye mu nzego za polisi. Ni masezerano ku ruhande rw’u Rwanda, yashyizweho

Read More
Politiki

Dr. Justin Nsengiyumva yagizwe Minisitiri w’Intebe

Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, akaba yasimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano guhera mu 2017. Minisitiri w’Intebe mushya afite ubunararibonye mu bijyanye n’ubukungu, akaba yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR). Yakoze imirimo ijyanye no guteza imbere za politiki, amategeko ajyanye n’ubukungu n’ibindi bijyanye nabyo.

Read More
Politiki

Abanyarwanda bemerewe kujya muri Antigua and Barbuda nta Visa  

U Rwanda na Antigua and Barbuda byasinye amasezerano yo gukuriraho Viza abaturage babyo bafite Pasiporo izo ari zo zose, zirimo izisanzwe n’iza dipolomasi, mu kurushaho kubyaza umusaruro amahirwe ari mu bihugu byombi.  Iyo ngingo iri muri eshatu zikubiye muri ayo masezerano yashyizweho umukono, hagati ya Ambasaderi Uhoraho w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga na

Read More
Politiki

Soudan: Abaturage 48 baguye mu gitero cya RSF, 35 barakomereka

Abaturage b’abasivili 45 baguye mu gitero cy’umutwe w’abarwanyi wa RSF uhanganye na Leta ya Soudan, abandi 35 barakomereka bikabije. Icyo gitero cyabaye ku Cyumweru tariki 13 Nyakanga 2025 nubwo byatangajwe ku mugoroba wo ku wa Mbere, aho cyibasiye umudugudu wa Oum Garfa muri Leta ya Kordofan-Nord, abo barwanyi bakaba barasahuye abaturage ndetse banabatwikira inzu zabo,

Read More
Politiki

U Rwanda rwongeye kugoboka abagizweho ingaruka n’intambara muri Gaza

Guverinoma y’u rwanda mu itangazo yashyize ahagaragara ku wa Kane tariki 10 Nyakanga 2025, rivuga ko ku bufatanye n’Ubwami bw’aba-Hashemite ba Jordan, muri iki cyumweru rwatanze toni 40 z’imiti n’ibiribwa byo kugoboka abagizweho ingaruka n’intambara yo muri Gaza. Ni itangazo rigira riti “Guverinoma y’u rwanda mu bufatanye na Hashemite Kingdom of Jordan, muri iki cyumweru,

Read More