May 17, 2025
Kigali City - Rwanda
Amakuru Iyobokamana Politiki

Vatikani :Umwotsi w’umukara wongeye kugaragara, Papa mushya ntaratorwa.

Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uvuye kuri chapelle ya Sistine, ikimenyetso cy’uko amatora ya kabiri yo gushaka umusimbura wa Papa Fransisiko atigeze atanga umwanzuro. Abakardinali batorera mu ibanga rikomeye, batari kumwe n’abakirisitu, bakomeje gushakisha uzasimbura Papa Fransisiko uherutse kwitaba

Read More
Amakuru Politiki

Rusizi: Abikorera basabwe kwitegura kubyaza umusaruro icyambu kigeze kuri 85% cyubakwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yasabye abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba kwitegura gukoresha amahirwe azanwa n’icyambu cya Rusizi kiri hafi kuzura, nyuma yo gutangaza ko ubu kimaze kugera kuri 85% by’imirimo y’ubwubatsi. Icyambu kiri kubakwa mu Budike, ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rusizi, kizaba gifite serivisi z’ingenzi zirimo iz’imisoro, ububiko bw’ibicuruzwa, kwakira

Read More
Economy Politiki

Kigali: Abaturutse mu bihugu bya Afrika bari kwiga uko bashyiraho ikirango bahuriyeho cy’ubuziranenge.

Abayobozi b’ibigo by’ubuziranenge, abakozi b’ibigo bitanga ibirango by’ubuziranenge, abagenzuzi b’ibicuruzwa n’abahagarariye inganda nto baturutse mu bihugu bitandukanye by’afrika birimo u Rwanda, Togo, Senegal, Eswatini, Zimbabwe na Zambia. ,bahuriye mu nama y’ ibiganiro by’iminsi 2 iteraniye i Kigali/ Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2025 igamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo babone ikirango ny’ Afrika cy’

Read More
Amakuru Politiki Uncategorized

Isuzuma mpuzamahanga rya PISA 2025 rizafasha kumenya amavugurura akenewe mu Uburezi

Mu Rwanda hatangijwe isuzumwa rigamije kureba aho abana bageze mu byerekeye gusoma, imibare, na Siyanse, rikazafasha ku menya aho abana bo mu Rwanda bageze mu byerekeye kwiga no kureba uburyo bahagaze ugereranije n’ ibindi bihugu 80 bahuriye muri iri suzumwa. Ni isuzumwa ryatangijwe kuri uyu wambere taliki 28 Mata 2025 ritangirizwa mu Kigo cya Camp

Read More
Politiki Uncategorized

Perezida Kagame Yakiriye Ubutumwa bwa Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye

Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bwa mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, bwazanywe na Minisitiri w’Ushinzwe Kwishyira Hamwe kwa Afurika n’Ububanyi n’Amahanga, Yassine Fall. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko iki gikorwa cyabereye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Mata 2025, aho Perezida Kagame yakiriye Faye ari kumwe na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa

Read More
Politiki Uncategorized

Amateka ya Politiki yo muri Afurika

Afurika yabayeho mu bihe bitandukanye, by’umwihariko kuva ubukoloni bwagiye buhindura imiterere ya politiki muri byinshi mu bihugu. Imyaka myinshi y’ubukoloni yatumye ibihugu bya Afurika bikomeza kuba mu bibazo by’imiyoborere, aho abakoloni b’aba Burayi bakoraga uko bashaka, bakazana ibyemezo byagiye bigora uburenganzira bw’abaturage ba Afurika. Ariko nyuma y’imyaka igera kuri 50, nyuma yo kwigarurirwa n’ubukoloni, ihugu

Read More
Politiki Uncategorized

Dore bisabwa ngo umurambo uzanwe mu ndege

Kuzana umurambo mu ndege uva mu gihugu kimwe ujya mu kindi bisaba kubahiriza amategeko agenga gutwara ibisanduku by’umurambo (human remains) ndetse n’ibyo kwita ku buzima bw’abagenzi n’umutekano. Dore bimwe mu bisabwa: Ibyo ni bimwe mu bintu by’ingenzi bisabwa mu gihe cyo gutwara umurambo mu ndege. Igihe cyose ugiye gukora urugendo nk’urwo, ni byiza kugisha inama

Read More
Politiki Uncategorized

Kwibuka31: Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ni imwe mu bikorwa by´ubugome mu mateka y’isi

Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ni kimwe mu bibi bikomeye byabaye mu mateka y’isi, aho mu minsi 100 gusa, abantu barenga 800,000 bishwe mu buryo bwateguwe kandi bwihuse. Ubushakashatsi bwakozwe n’imiryango mpuzamahanga nka Human Rights Watch (HRW) bwerekanye uburyo leta y’u Rwanda yifashishije inzego za leta, ubuyobozi bw’uturere, n’igisirikare mu gutegura no gushyira mu

Read More
Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo, aho bibukijwe kudaha umwanya abashaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi, ahubwo bakwiye kurusigasira no kuruteza imbere mu mahoro, ubumwe n’iterambere. Iki gikorwa cyaranzwe no gushyira indabo ku mva, isengesho ryo kwibuka,

Read More
Imyidagaduro Politiki

Inkomoko y’ijambo “OK”

Ijambo “OK” ryatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1830 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyane cyane mu mujyi wa Boston, nk’urwenya rwatangijwe n’abanyamakuru bo mu binyamakuru byandikirwaga abaturage. Icyari kigamijwe ni kwandika amagambo nabi ku bushake, mu buryo bwa “slang” isetsa. Urugero: Uko imyaka yagiye ihita, iryo jambo ryamamaye cyane, kugeza ubwo rigiye rikoreshwa no

Read More