Ibyo Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangaje ku mwanzuro w’iya EU usaba gufungura Ingabire Victoire
Ku wa 15 Nzeri 2025, Sena y’u Rwanda yarateranye igamije kugenzura no kugira icyo ivuga ku mwanzuro wafashwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi (EU), yemejwe ku wa 11 Nzeri, isaba irekurwa rya Victoire Ingabire Umuhoza, ukurikiranywe n’ubutabera bw’u Rwanda akaba afunzwe kuva muri Kamena 2025. Uyu mwanzuro, washyigikiwe n’Abadepite b’u Burayi 549, Abadepite 2