Kurwanya indwara zitandura ni urugamba rwa buri wese
Sosiyete ya AstraZeneca ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) na PATH, yatangije gahunda yaguye yiswe Healthy Heart Africa (HHA), igamije guhangana n’ikibazo gikomeje cyo kwiyongera cy’indwara zifata impyiko (Chronic Kidney Disease/CKD) mu Rwanda, aho bavuze ko kurwanya indwara zitandura ari urugamba rwa buri wese. Iyi gahunda mbere yari igamije kurwanya umuvuduko w’amaraso (hypertension), ariko ubu