Home Uncategorized Nubwo bafitanye abana 13 b'abahungu gusabaracyakomeje kubyara kugera ubwo Imana izabasubiza-Amafoto

Nubwo bafitanye abana 13 b'abahungu gusabaracyakomeje kubyara kugera ubwo Imana izabasubiza-Amafoto

Irineu Cruz na  Jucicleide bo mu gihugu cya Brazil,bamaze imyaka 20 Imana yarabahaye isezerano ry’umukobwa,ariko bamaze kubyara abana 13 bataramubona kandi barakomeje kugera ubwo Imana izasohoza isezerano.
Irineu Cruz na  Jucicleide ni umugabo n’umugore babana mu gihugu cya Brazil,bafite abana 13 mu gihe kingana n’imyaka 20 bamaze babana.abo bana bose yabise amazina nyuma yuko benshi mu bakinnyi bagiye bamabmara muri icyo gihugu batangirwa n’inyuguti ya R. Ku mazina ayabo niyo mpamvu  uyu mugabo yahisemo kuzajya yita abana be amazina akayabanzaho iyo nyuguti ya R.
Uyu muryango bakaba ari abakiristu,ndetse Jucicleide we akavuga ko Imana yabasezeranije kuzabyara umwana w’umuhungu,ngo akaba ari nayo mpamvu bazakomeza bakabyara kugera iryo sezerano ry’Imana risohoye
Abana b’uyu muryango,umuto muribo afite ukwezi kumwe naho umukuru we afite imyaka 18 y’amavuko
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru asobanura impamvu bataringaziza imbyaro Irineu yagize ati :”Twebwe nubwo turi abahinzi ariko turanasenga,Imana niyo idutungira abana,cyane ko ntanumunsi numwe turigera tuburara ngo ni uko abana aari benshi.Gusa Imana iyo iduhaye isezerano irarisohoza,hashize imyaka 20 idusezeranije umwana w’umukobwa kandi izamuduha.niyo mpamvu tugikomeje kubyara”.
Irineu  yakomeje agira ati;”Impamvu abana banjye nabise amazina atangirwa na R. ni uko hari abakinnyi nagiye nkunda cyane kandi nabo benshio bagendaga batangirwa na R.,nka Ronaldo,Rivaldo,Ronaldinho,..niyo mpamvu rero nise abana banjye gutyo.”
Amazina y’abana b’uyu muryango ni : Robson (18), Reinan (17), Rauan (15), Rubens (14), Rivaldo (13), Ruan (12), Ramon (10), Rincon (9), Riquelme (7), Ramires (5), Railson (3), Rafael (2) na  Ronaldo, (ukwezi kumwe).
Jucicleide nawe yatangaje ko atazacika integer kugera ubwo Imana ibahaye umwana w’umukobwa.
Dore amafoto yabo

Dore abana babo
Dore abana babo

um4 um3 um2 um1
By : Zarcy Christian

100 COMMENTS

  1. “”One other thing is that an online business administration diploma is designed for scholars to be able to easily proceed to bachelor’s degree programs. The Ninety credit college degree meets the other bachelor diploma requirements and once you earn your current associate of arts in BA online, you will get access to the most recent technologies in such a field. Some reasons why students have to get their associate degree in business is because they’re interested in the field and want to have the general training necessary just before jumping to a bachelor college diploma program. Thanks alot ) for the tips you actually provide inside your blog.””

  2. “I simply wanted to appreciate you yet again. I’m not certain the things that I could possibly have carried out without these creative ideas documented by you directly on my problem. It previously was a very horrifying difficulty in my opinion, however , viewing the very well-written manner you processed the issue forced me to leap for happiness. I am grateful for the advice and in addition hope you are aware of a powerful job that you are getting into training men and women thru your web site. I know that you haven’t encountered any of us.”

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here