April 26, 2025
Kigali City - Rwanda
Iyobokamana Uncategorized

“Ijuru si Urugendo rw’Amagambo, ni Urugendo rw’Ibyemezo”

Ubuntu n’amahoro biva ku Mwami wacu Yesu Kristo bibane nawe igihe usoma ibitangazwan’ikinyamakuru cyacu muri iki gika cyahariwe Iyobokamana.Mugihe gishize twanditse tuvuga ko Imana ishoboye byose nk’uko tubyizera ariko ko hariho ibintubimwe na bimwe Imana idashobora gukora nubwo ishobora byose. Bimwe muri ibyo nibyo yaremeyeumuntu ngo abikore nk’uko twabonye urugero rwo kuramya no guhimbaza Imana

Read More
Ubuzima Uncategorized

Uburozi cyangwa Indwara? Ukuri kuri Stroque

Mu mudugudu wa Nyabivumu, hari umugabo w’imyaka mirongo itandatu n’itatu witwaga Gatera. Yari umugabo wubahwaga n’abaturage kubera ubuhanga n’ubushishozi. Yari umujyanama w’abaturage, akaba yaranagize uruhare mu kubaka ishuri n’isoko ry’aho batuye. Umunsi umwe, ubwo Gatera yari mu murima we w’urutoki, yahuye n’ibyago. Yikubise hasi ananirwa kuvuga, ukuboko kwe kw’ibumoso kwahise kugira ibibazo ku buryo kukunyeganyeza

Read More
Imikino Uncategorized

Royon Sports yamenyesheje FERWAFA ko izava mu marushanwa aho gusubira mu mukino wa yihuje na Mukura VS iHuye

Rayon Sports yamenyesheje ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ko mu gihe amategeko yaba atubahirijwe ngo Mukura VS iterwe mpaga (3-0 )ku mukino ubanza wa 1/2 wahuje aya makipe, izava mu Gikombe cy’Amahoro 2024-2025 kuko FERWAFA izaba inaniwe kubahiriza amategeko agenga amarushanwa. Royon Sports yabimenyesheje FERWAFA kuri uyu wa 18 Mata 2025, aho

Read More
Economy

Muri 2017 Ubukene mu Rwanda bwavuye kuri 39,8% bugera kuri 27,4%

Ubwo hagaragazwaga ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, EICV7, bwamuritswe kuri uyu wa Gatatu bwerekanye ko ubukene mu Rwanda bugeze kuri 27, 4% buvuye kuri 39.8% bwariho mu 2017. Bivuze ko ubukene bwagabanutseho 12,4% . Ubushakashatsi kandi bwagaragaje ko Akarere ka Nyamagabe ari ko kari ku isonga mu dukennye kurusha utundi mu Rwanda, ku kigero

Read More
Amatangazo Uncategorized

Polisi yaburiye abatwara ibinyabiziga muri iki gihe cyínvura.

olisi y’u Rwanda yibukije abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50

Read More
Amakuru Ubuzima Uncategorized

Mu Budage: Umuganga aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica.

Umuganga w’umuderevu wo mu Budage aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica. Uregwa afite imyaka 40, akaba yarakoresheje imiti itandukanye kugira ngo yice abarwayi be, aho yahuje imiti “cocktail” ibiri ishobora gutuma umubiri w’umuntu wiyoberanya ugahita upfa mu minota mike. Abashinjacyaha bo mu Mujyi wa Berlin bavuga ko uyu muganga yakoze ibi mu

Read More
Uncategorized

Ubushakashatsi bwagaragaje ko 65% by’Imiryango yo mu cyaro yabonye amashanyarazi

Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku mibereho y’abaturage mu Rwanda bwagaragaje ko kugera ku muriro w’amashanyarazi mu gihugu cyiyongereye cyane. Muri raporo ya Integrated Household Living Conditions Survey (EICV7), byagaragaye ko kugera ku muriro mu Rwanda kwazamutse kuva ku 34% mu 2017 kugera ku 72% mu 2024. Mu mijyi, abantu bashoboye kubona umuriro w’amashanyarazi byiyongereye kuva ku

Read More
Amatangazo Uncategorized

Polisi yaburiye abatwara ibinyabiziga muri iki gihe cyínvura.

Polisi y’u Rwanda yibukije abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50

Read More
Imyidagaduro Uncategorized

DJ Ira yamaze kubona ubwenegihugu bw’u Rwanda

Iradukunda Grace Divine wamamaye nka DJ Ira mu kazi ko kuvanga umuziki, nyuma yo kwemererwa ubwenegihugu na Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Mata 2025, yarahiriye ku mugaragaro kuba Umunyarwandakazi byemewe n’amategeko. Tariki 16 Werurwe 2025, ubwo Perezida Kagame yari yahuriye n’abaturage bo mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali muri BK Arena,

Read More
Ibidukikije Ingo Zitekanye Uncategorized

“Ukunda Gukorera Mu Mvura Cyangwa Mu Zuba?” umva ibisubizo :

Mu gihe cy’izuba n’igihe cy’imvura, abantu bagira uburyo butandukanye bwo kwishimira cyangwa kwihanganira ibihe by’ikirere. Hari abumva ko izuba ari ryo ryiza, abandi bakumva ko imvura ari yo ifite umwihariko wihariye. Iyo usabye abantu gutanga ibitekerezo byabo kuri iki kibazo, usanga batanga ibisubizo bitandukanye, bitewe n’imyemerere yabo, ibikorwa bakora, ndetse n’uburyo bwo kubona ibyiza n’ibibi

Read More