Afurika yiyemeje kongera imbaraga mu bushakashatsi ku miti
Abahanga mu by’ubuzima bo ku mugabane w’Afurika basanga kongera imbaraga mu ubushakashatsi bukorwa ku miti itangwa mu bantu ari ngombwa, kugira ngo hizerwe.
The argument in favor of using filler text goes something like this: If you use arey real content in the Consulting Process anytime you reachtent.
Abahanga mu by’ubuzima bo ku mugabane w’Afurika basanga kongera imbaraga mu ubushakashatsi bukorwa ku miti itangwa mu bantu ari ngombwa, kugira ngo hizerwe.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru ubwo ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwasobanuraga aho bugeze mu iterambere, ndetse no kwesa imihigo, na cyane ko izina ry’ubutore.
Federasiyo yita ku bidukikije muri Afurica y’Iburasirazuba (East Africa Green Federation), mu nama yayo yabaye ku wa 26 Nyakanga 2025 ikakirwa n’ishyaka riharanira.
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza nyuma y’igihe kinini yirukanka kuri rutahizamu utyaye, Viktor Einar Gyökeres, byarangiye imuguze Miliyoni 80 z’Amayero, harimo n’inyongera.
Umuhanzi Lionel Sentore uririmba akanabyina indirimbo z’injyana gakondo agiye gutaramira abanyarwanda mu gitaramo kizaba ku cyumweru taliki 27Nyakanga 2025 Ni igitaramo kizabera ahazwi.
Ihuriro ry’Abepiskopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM), riritegura inama ya 20 y’amateka, izabera i Kigali mu Rwanda kuva ku ya 30 Nyakanga.
Igiterane mpuzamahanga All Women Together Conference, kigiye kuba ku nshuro ya 13 kikazatangira tariki 13 Kanama 2025 kikazajya kibera muri Kigali Convention Center..
Ku bufatanye n’Ikigo cy’Abongereza gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (FCDO), Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibikorwa by’Iterambere mu Nzego z’Ibanze (LODA), cyashyikirije telefone zikoranye ikoranabuhanga rigezweho.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Guverinoma nshya, mu bayigize hakaba harimo Abaminisitiri babiri bashya ndetse n’Abanyamabanga ba Leta babiri na bo bashya..
Perezida Paul Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, akaba yasimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano guhera mu 2017. Minisitiri w’Intebe.