Ubuhinzi bubungabunga ubutaka buri mubifasha guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
Ubuhinzi bubungabunga ubutaka bufatwa nk’inkingi ikomeye mu kubaka ubuhinzi buhangana n’ihindagurika ry’ibihe nk’uko bigaragazwa n’inzobere mu bijyanye n’ubuhinzi. ibi birabivuga mu gihe ubu abahinzi batangiye guhinga bakoresheje ubwo buryo bishimira ibyiza byabwo. Umwe mu bahinzi ba bigize umwuga utuye mu karere ka Kirehe Gakuba Jonas, avuga ko yabonye impinduka ubwo yatangiraga guhinga mu buryo bu
