Intambara mu Burasirazuba bwo hagati, inzara irakomangira Isi
Nyuma ya Peteroli, Afurika na Aziya y’Amajyepfo biri kubura ifumbire mvaruganda, yafatiwe mu muhora wa Ormuz. Uku kubura ibintu bitandukanye bituma habaho ingaruka ku mutekano w’ibiribwa muri utu turere. Intambara irimo kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije Isiraheli ifatanyije na Amerika birwana na Irani, abantu benshi bumva ko iri gushyira Isi mu kaga kubera ibikomoka
