April 26, 2025
Kigali City - Rwanda
Politiki Uncategorized

Perezida Kagame Yakiriye Ubutumwa bwa Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye

Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bwa mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, bwazanywe na Minisitiri w’Ushinzwe Kwishyira Hamwe kwa Afurika n’Ububanyi n’Amahanga, Yassine Fall. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko iki gikorwa cyabereye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Mata 2025, aho Perezida Kagame yakiriye Faye ari kumwe na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa

Read More
Politiki Uncategorized

Amateka ya Politiki yo muri Afurika

Afurika yabayeho mu bihe bitandukanye, by’umwihariko kuva ubukoloni bwagiye buhindura imiterere ya politiki muri byinshi mu bihugu. Imyaka myinshi y’ubukoloni yatumye ibihugu bya Afurika bikomeza kuba mu bibazo by’imiyoborere, aho abakoloni b’aba Burayi bakoraga uko bashaka, bakazana ibyemezo byagiye bigora uburenganzira bw’abaturage ba Afurika. Ariko nyuma y’imyaka igera kuri 50, nyuma yo kwigarurirwa n’ubukoloni, ihugu

Read More
Politiki Uncategorized

Dore bisabwa ngo umurambo uzanwe mu ndege

Kuzana umurambo mu ndege uva mu gihugu kimwe ujya mu kindi bisaba kubahiriza amategeko agenga gutwara ibisanduku by’umurambo (human remains) ndetse n’ibyo kwita ku buzima bw’abagenzi n’umutekano. Dore bimwe mu bisabwa: Ibyo ni bimwe mu bintu by’ingenzi bisabwa mu gihe cyo gutwara umurambo mu ndege. Igihe cyose ugiye gukora urugendo nk’urwo, ni byiza kugisha inama

Read More
Politiki Uncategorized

Kwibuka31: Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ni imwe mu bikorwa by´ubugome mu mateka y’isi

Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ni kimwe mu bibi bikomeye byabaye mu mateka y’isi, aho mu minsi 100 gusa, abantu barenga 800,000 bishwe mu buryo bwateguwe kandi bwihuse. Ubushakashatsi bwakozwe n’imiryango mpuzamahanga nka Human Rights Watch (HRW) bwerekanye uburyo leta y’u Rwanda yifashishije inzego za leta, ubuyobozi bw’uturere, n’igisirikare mu gutegura no gushyira mu

Read More
Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo, aho bibukijwe kudaha umwanya abashaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi, ahubwo bakwiye kurusigasira no kuruteza imbere mu mahoro, ubumwe n’iterambere. Iki gikorwa cyaranzwe no gushyira indabo ku mva, isengesho ryo kwibuka,

Read More
Imyidagaduro Politiki

Inkomoko y’ijambo “OK”

Ijambo “OK” ryatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1830 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyane cyane mu mujyi wa Boston, nk’urwenya rwatangijwe n’abanyamakuru bo mu binyamakuru byandikirwaga abaturage. Icyari kigamijwe ni kwandika amagambo nabi ku bushake, mu buryo bwa “slang” isetsa. Urugero: Uko imyaka yagiye ihita, iryo jambo ryamamaye cyane, kugeza ubwo rigiye rikoreshwa no

Read More
Politiki

Wari uzi ko hari ibihugu bitagira igisirikare?

Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi bifite igisirikare gifite inshingano zo kurinda ubusugire bwabyo, hari ibihugu bimwe na bimwe byahisemo kutagira igisirikare, cyangwa bigahitamo kugendera ku yindi nzira mu kurinda umutekano wabyo. Ibi bihugu bishingira ku mategeko yihariye, amateka yabyo, cyangwa se amahame bifatiraho nk’imyemerere y’amahoro n’ubwumvikane. 1. Costa Rica: Igihugu cy’amahoro Costa Rica,

Read More
Politiki

Wari uzi ko hari ibihugu bitagira igisirikare?

Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi bifite igisirikare gifite inshingano zo kurinda ubusugire bwabyo, hari ibihugu bimwe na bimwe byahisemo kutagira igisirikare, cyangwa bigahitamo kugendera ku yindi nzira mu kurinda umutekano wabyo. Ibi bihugu bishingira ku mategeko yihariye, amateka yabyo, cyangwa se amahame bifatiraho nk’imyemerere y’amahoro n’ubwumvikane. 1. Costa Rica: Igihugu cy’amahoro Costa Rica,

Read More
Amakuru Economy Politiki

Urubyiruko rwo muri Afulika rufite amahirwe yo kubyaza umusaruro ikoranabuhanga ry’ubwene buhangano( AI)

Mu nama Mpuzamahanga ku ikoreshwa ry’Ubwenge Buhangano muri Afurika abashoramari n’abayobora ibigo bikomeye byifashisha iri koranabuhanga bavuga ko inyungu ya miliyari hafi ibihumbi 5$, iteganyijwe mu mwaka wa 2030, izaboneka ari uko Afurika ibayemo ishoramari rikomatanyije n’abakiri bato bakigishwa ikoreshwa rya Artificial Intelligence. Bya garutswe ho mu kiganiro cyatanzwe hatangizwa Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry’Ubwenge

Read More
Politiki

Marquez Explains Lack of Confidence During Qatar GP Race

Ahen an unknown printer took a galley of type and their scrambled imaketype specimen book has follorrvived not only fiver centuriewhen an unknown printer took a galley of type and scrambled it to make a type specimen book. It has survived not only five centuries but also the leap into electronic typesetting, remaining essentially unchanged.

Read More