Inyungu u Rwanda rwakura mu kwimurirwa i Kigali kw’ibiro bya LONI
Muri iyi minsi hari kuvugwa ko biro by’Umuryango w’Abibumbye biri Nairobi muri Kenya bishobora kwimurirwa i Kigali kubera impamvu zitandukanye zagiye zitangwa n’abasesenguzi
Muri iyi minsi hari kuvugwa ko biro by’Umuryango w’Abibumbye biri Nairobi muri Kenya bishobora kwimurirwa i Kigali kubera impamvu zitandukanye zagiye zitangwa n’abasesenguzi
Perezida Paul Kagame avuga ko mu gushaka umuti w’ibibazo by’umutekano ku Mugabane wa Afurika, hagiye hahangwa amaso amahanga, ariko ko ubu buryo butigeze
Umuryango w’Abibumbye (LONU) uri mu myiteguro yo kwimura icyicaro cyawo gikuru ku mugabane wa Afurika kikava i Nairobi muri Kenya kikajyanwa i Kigali
Binyuze muri gahunda yo gushimangira uburezi budaheza, Abasalesiyani ba Don Bosco bateguye ubukangurambaga bwabaye ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025, bufite insangamatsiko
Ihindagurika ry’ikirere mu Rwanda rikomeje kugira ingaruka zikomeye ku mibereho y’abaturage n’ubuhinzi, aho birimo gukurura ibibazo bikomeye ku mutekano w’ibiribwa no mu bukungu
Iyo umuntu yumva atameze neza bimenyerewe ko akwiye kujya kwisuzumisha ndetse akanivuza. Igitangaje ni uko ubushakashatsi butandukanye bwerekana ko hari ubusumbane buri hejuru
Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza, hafi kimwe cya gatatu cy’imiti ya Antibiyotike ikoreshwa ku isi yose isohoka mu mubiri w’umuntu ikajya mu migezi, igatera umwanda.
Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi ukora ubworozi bw’amasazi y’umukara avuga ko igitekerezo cyo korora amasazi cyaturutse ku mushinga PRISM wamuhaye ingurube ebyiri
Itsinda rya Twitezimbere rigizwe n’aborozi 30 rikorera mu Karere ka Burera, Umurenge wa Gahunga mu Kagali ka Gisizi nyuma yo kubona ko bagowe
Ibihe bidasanzwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere bigira ingaruka mu nzego zitandukanye, cyane cyane urwego rw’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza muri Afurika. Ikindi kandi byongera inzara,