July 1, 2025
Kigali City - Rwanda
Amakuru Politiki

Inyungu u Rwanda rwakura mu kwimurirwa i Kigali kw’ibiro bya LONI

Muri iyi minsi hari kuvugwa ko biro by’Umuryango w’Abibumbye biri Nairobi muri Kenya bishobora kwimurirwa i Kigali kubera impamvu zitandukanye zagiye zitangwa n’abasesenguzi hirya no hino (kanda hano usome ibirambuye kuri izi mpamvu). Ibi byatumye twibaza icyo u Rwanda ruzungukiramo nk’igihugu kizaba gicumbikiye umuryango uhuje ibihugu byose byo mu isi nzima, dore ko aricyo cyicaro

Read More
Amakuru Politiki

LONU mu nzira zo kwimura ibiro byayo byari Nairobi bikaza i Kigali

Umuryango w’Abibumbye (LONU) uri mu myiteguro yo kwimura icyicaro cyawo gikuru ku mugabane wa Afurika kikava i Nairobi muri Kenya kikajyanwa i Kigali mu Rwanda, nyuma y’iperereza rikomeye ryakozwe ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ryashyikirijwe Inama ishinzwe iyubahirizwa ry’Uburenganzira bwa Muntu ya LONU i Genève mu Busuwisi. Amakuru dukesha Ikinyamakuru Taarifa, avuga ko iryo yimuka

Read More
Amakuru

Abakobwa bakanguriwe kwiga TVET kuko atari amashuri y’abahungu gusa

Binyuze muri gahunda yo gushimangira uburezi budaheza, Abasalesiyani ba Don Bosco bateguye ubukangurambaga bwabaye ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025, bufite insangamatsiko igira iti “Mpagarariye uburezi budaheza” . Ni ubukangurambaga bwahuje abanyeshuri, abayobozi n’inzego z’ibanze baganira ku buringanire n’ubwuzuzanye, ndetse no kongerera ubushobozi abagenerwabikorwa mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET), binyuze mu mushinga ushyigikiwe na

Read More
Economy Ingo Zitekanye

Burera: Kwegerezwa ibiribwa by’amatungo byabagabanyirije urugendo

Itsinda rya Twitezimbere rigizwe n’aborozi 30 rikorera mu Karere ka Burera, Umurenge wa Gahunga mu Kagali ka Gisizi nyuma yo kubona ko bagowe no kubona ibiryo bagaburira amatungo bahisemo kubyicururiza , bakavuga ko bibafasha mu bworozi bwabo bitabahenze kandi byanagabanije ingendo aborozi bakoraga bajya ku bishaka. Bavuga ko babikoze nyuma yo guhabwa amahugurwa n’umushinga PRISM

Read More
Amakuru Ibidukikije

Imihindagurikire y’ibihe irimo guteza ibibazo bikomeye mu bihugu by’Afurika

Ibihe bidasanzwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere bigira ingaruka mu nzego zitandukanye, cyane cyane urwego rw’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza muri Afurika. Ikindi kandi byongera inzara, umutekano muke n’impunzi, nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mihindagurikire y’ikirere (OMM) mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere. Urugero, muri Sudani y’Epfo, imyuzure ikomeye yibasiye icyo gihugu mu mezi ashize

Read More
Amakuru Ibidukikije

DORE UKO IBITI BIHANA AMAKURU MU GIHE HABAYEHO UBWIRAKABIRI

Iyo habayeho ubwirakabiri bw’izuba (éclipse solaire), isi yose ihagarara.Ibinyabuzima bihindura imyitwarire, naho abantu bagahindukira bareba mu kirere kugira ngo bashimishe amaso kuri urwo rukerera rw’umunsi ruhindutse ijoro. Ariko no mu ishyamba, hari amayobera aba arimo kuba. Nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi  bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Southern Cross University (SCU) yo muri Ositaraliya na Institut italien de

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

NESA yibutse inzirakarengane ziruhukiye mu Rwibutso rwa Bisesero banoroza bamwe mubaharokokeye

Ikigo cy’ Igihugu gishinzwe ibizamini n’ ubugenzuzi bw’ Amashuri NESA, bavuga ko ubumwe n’ ubutwari byaranze Abatutsi bo mu Bisesero mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ari urugero ku bandi mu kurwanya ikibi no gushyira hamwe. Babigarutseho kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gicurasi 2025 ubwo bibukaga ku nshuro ya 31 abazize Jenoside

Read More
Amakuru Iyobokamana

Cardinal Robert Francis Prevost niwe utorewe kuba Papa

Abakaridinali bo muri Kiliziya Gatolika kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Mata, batoye umushumba mushya wa Kiliziya ku Isi usimbura Papa Francis witabye Imana mu kwezi gushize. Nyuma y’amasaha menshi imbaga y’abakristu Gatolika bategereje Kandi basabira ko babona umushumba mushya uyiyobora ku isi, mu masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa 08 Gicurasi 2025, umwotsi

Read More
Amakuru Iyobokamana Politiki

Vatikani :Umwotsi w’umukara wongeye kugaragara, Papa mushya ntaratorwa.

Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uvuye kuri chapelle ya Sistine, ikimenyetso cy’uko amatora ya kabiri yo gushaka umusimbura wa Papa Fransisiko atigeze atanga umwanzuro. Abakardinali batorera mu ibanga rikomeye, batari kumwe n’abakirisitu, bakomeje gushakisha uzasimbura Papa Fransisiko uherutse kwitaba

Read More
Amakuru Politiki

Rusizi: Abikorera basabwe kwitegura kubyaza umusaruro icyambu kigeze kuri 85% cyubakwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yasabye abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba kwitegura gukoresha amahirwe azanwa n’icyambu cya Rusizi kiri hafi kuzura, nyuma yo gutangaza ko ubu kimaze kugera kuri 85% by’imirimo y’ubwubatsi. Icyambu kiri kubakwa mu Budike, ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rusizi, kizaba gifite serivisi z’ingenzi zirimo iz’imisoro, ububiko bw’ibicuruzwa, kwakira

Read More