April 26, 2025
Kigali City - Rwanda

Uncategorized

Iyobokamana Uncategorized

“Ijuru si Urugendo rw’Amagambo, ni Urugendo rw’Ibyemezo”

Ubuntu n’amahoro biva ku Mwami wacu Yesu Kristo bibane nawe igihe usoma ibitangazwan’ikinyamakuru cyacu muri iki gika cyahariwe Iyobokamana.Mugihe gishize twanditse tuvuga ko Imana ishoboye byose nk’uko tubyizera ariko ko hariho ibintubimwe na bimwe Imana idashobora gukora nubwo ishobora byose. Bimwe muri ibyo nibyo yaremeyeumuntu ngo abikore nk’uko twabonye urugero rwo kuramya no guhimbaza Imana

Read More
Ubuzima Uncategorized

Uburozi cyangwa Indwara? Ukuri kuri Stroque

Mu mudugudu wa Nyabivumu, hari umugabo w’imyaka mirongo itandatu n’itatu witwaga Gatera. Yari umugabo wubahwaga n’abaturage kubera ubuhanga n’ubushishozi. Yari umujyanama w’abaturage, akaba yaranagize uruhare mu kubaka ishuri n’isoko ry’aho batuye. Umunsi umwe, ubwo Gatera yari mu murima we w’urutoki, yahuye n’ibyago. Yikubise hasi ananirwa kuvuga, ukuboko kwe kw’ibumoso kwahise kugira ibibazo ku buryo kukunyeganyeza

Read More
Imikino Uncategorized

Royon Sports yamenyesheje FERWAFA ko izava mu marushanwa aho gusubira mu mukino wa yihuje na Mukura VS iHuye

Rayon Sports yamenyesheje ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ko mu gihe amategeko yaba atubahirijwe ngo Mukura VS iterwe mpaga (3-0 )ku mukino ubanza wa 1/2 wahuje aya makipe, izava mu Gikombe cy’Amahoro 2024-2025 kuko FERWAFA izaba inaniwe kubahiriza amategeko agenga amarushanwa. Royon Sports yabimenyesheje FERWAFA kuri uyu wa 18 Mata 2025, aho

Read More
Imikino Uncategorized

Rayon Sports yabonye umuyobozi mushya

Kuri uyu wa Gatatu,Irambona Gisa Eric wakiniye Rayon Sports imyaka irindwi yagizwe Umuyobozi wayo ushinzwe imiyoborere y’Umupira w’Amaguru. Ibi byatangarijwe mu itangazo,Rayon Sports yashyize ahagaragara aho yavuze ko uyu mugabo wayikiniye hagati ya 2013 na 2020 yashyizwe mu nzego zayo z’imiyoborere nkushinzwe ibijyanye na ruhago. Mu 2020 nibwo Irambona Gisa Eric wari ufite imyaka 27

Read More
Amatangazo Uncategorized

Polisi yaburiye abatwara ibinyabiziga muri iki gihe cyínvura.

olisi y’u Rwanda yibukije abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Mbese abana ba Adamu na Eva babyaranye hagati yabo?

Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n´abantu benshi, ndetse akenshi abantu batandukanye bakabijyamo impaka, kandi ni ikibazo gikomeye kijyanye n’ukwemera ndetse n’ubumenyi bw’imibereho y’abantu. Muri Bibiliya, igitabo cy´Itangiriro kivuga ko Adamu na Eva ari bo bantu ba mbere Imana yaremye, bakaba ari bo bakomokaho abantu bose. Ariko ikibazo kijya kibazwa ni uburyo abana babo, nk’uko Bibiliya ibivuga, babayeho

Read More
Amakuru Ubuzima Uncategorized

Mu Budage: Umuganga aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica.

Umuganga w’umuderevu wo mu Budage aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica. Uregwa afite imyaka 40, akaba yarakoresheje imiti itandukanye kugira ngo yice abarwayi be, aho yahuje imiti “cocktail” ibiri ishobora gutuma umubiri w’umuntu wiyoberanya ugahita upfa mu minota mike. Abashinjacyaha bo mu Mujyi wa Berlin bavuga ko uyu muganga yakoze ibi mu

Read More
Uncategorized

Ubushakashatsi bwagaragaje ko 65% by’Imiryango yo mu cyaro yabonye amashanyarazi

Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku mibereho y’abaturage mu Rwanda bwagaragaje ko kugera ku muriro w’amashanyarazi mu gihugu cyiyongereye cyane. Muri raporo ya Integrated Household Living Conditions Survey (EICV7), byagaragaye ko kugera ku muriro mu Rwanda kwazamutse kuva ku 34% mu 2017 kugera ku 72% mu 2024. Mu mijyi, abantu bashoboye kubona umuriro w’amashanyarazi byiyongereye kuva ku

Read More
Iyobokamana Uncategorized

Impamvu Abagore Batagaragara Nk’Abanditsi muri Bibilia

Iki ni ikibazo abantu benshi bibaza, kandi ni kibazo cyiza cyane, kandi gifite ishingiro. Uko byagenda kose, Bibilia ni igitabo kirekire gifite amateka yihariye kandi kiri mu nkoranyamagambo zagiye zivugururwa mu bihe bitandukanye, hakaba n’ibihe bitandukanye by’ubuyobozi, imico, n’imibanire y’abantu. Iyo urebye amateka ya Bibilia, ugasanga hari ibibazo byinshi by’imiterere y’ubuyobozi bw’umuryango, ndetse no ku

Read More
Amatangazo Uncategorized

Polisi yaburiye abatwara ibinyabiziga muri iki gihe cyínvura.

Polisi y’u Rwanda yibukije abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50

Read More