September 15, 2025
Kigali City - Rwanda
Ubuzima

Rwanda Hosts International Meeting to Find New Ways to Fight HIV as Foreign Aid Decreases

An international conference has kicked off in Rwanda to discuss efforts to end HIV, at a time when foreign aid that used to support HIV programs has been cut. This is an annual conference that will last five days. Participants are reviewing the progress made in providing access to modern treatment for people living with

Read More
Politiki

U Rwanda rwongeye kugoboka abagizweho ingaruka n’intambara muri Gaza

Guverinoma y’u rwanda mu itangazo yashyize ahagaragara ku wa Kane tariki 10 Nyakanga 2025, rivuga ko ku bufatanye n’Ubwami bw’aba-Hashemite ba Jordan, muri iki cyumweru rwatanze toni 40 z’imiti n’ibiribwa byo kugoboka abagizweho ingaruka n’intambara yo muri Gaza. Ni itangazo rigira riti “Guverinoma y’u rwanda mu bufatanye na Hashemite Kingdom of Jordan, muri iki cyumweru,

Read More
Amakuru

I Roma hagiye guteranira inama ivuga ku gusana Ukraine

Kuva kuri uyu wa Kane tariki 10 kugeza ku ya 11 Nyakanga 2025, i Roma mu Butaliyani harateranira inama ikomeye ivuga ku gusana Ukraine, igihugu kimaze imyaka itatu n’igice kiri mu ntambara, aho gihora gisukwaho ibisasu n’igisirikare cy’u Burusiya. Ni inama yitabirwa n’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru 15 ndetse n’abandi batandukanye bagera ku 5,000

Read More
Ubuzima

Ibitaro 10 bya Kaminuza bigiye gufungurwa hirya no hino mu Ntara

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hirya no hino mu Ntara z’u Rwanda hagiye gufungurwa ibitaro 10 bishya bya Kaminuza, biri ku rwego rwa kabiri, mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kurushaho kuzegereza abaturage. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye na RBA, cyagarukaga ku rugendo rw’imyaka 31 ishize u Rwanda rubohowe, by’umwihariko ku bijyanye n’iterambere

Read More
Amakuru

Texas: Abagera kuri 50 ni bo bamaze guhitanwa n’imyuzure

Imibare igaragaza ko abamenyekanye bishwe n’imyuzure i Texas mu majyepfo ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, bamaze kugera muri 50, nk’uko byatangajwe na AFP. Ubutabazi burakomeje muri ako gace, ngo barebe ko bagira abo babona mu bana basaga 30 baburiwe irengero muri iyo mpanuka yatewe n’imvura nyinshi yaguye ku wa Gatanu tariki 4 Nyakanga 2025,

Read More
Politiki

Perezida Kagame yasobanuye uko Ingengo y’Imari yiyongereye

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko koko Ingengo y’Imari y’u Rwanda yiyongereye, bitewe no gucunga neza ibihari no gushakisha ahaturuka ibindi kandi na byo bigakoreahwa mu buryo bukwiye. Umukuru w’Igihugu yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, aho yasubije ibibazo bitandukanye bireba ubuzima bw’Igihugu. Perezida Kagame avuga ko

Read More
Politiki

#Kwibohora31: Ingabo na Polisi bashyikirije abaturage ibikorwa babubakiye bibafasha kwiteza imbere

Muri uyu mwaka 2024-2025, mu bikorwa ngarukamwaka by’Ingabo na Polisi b’u Rwanda ku bufatanye n’Ingabo za EAC muri rusange, bubakiye ibikorwa remezo abaturage ndetse babaha n’izindi serivisi zirimo ubuvuzi bakorewe ku buntu. Muri iyi gahunda hubatswe inzu 70 zagenewe abatishoboye, hubakwa ibyumba by’amashuri 10, havurwa abaturage basaga ibihumbi 40 ndetse hubakwa n’ibiraro 13 hirya no

Read More
Economy

Musanze: Abakorera mu isoko rya Kariyeri barataka igihombo baterwa n’abagicururiza muri gare

Bamwe mu bacuruzi b’imbuto n’imboga bakorera mu isoko rishya rya Kariyeri, riherereye mu Murenge wa Muhoza, bavuga ko bamaze igihe kinini bahura n’igihombo, bitewe n’uko isoko rishaje rya Gare na ryo rikomeje gukoreshwa, nyamara barijejwe ko rizafungwa, bose bagahurira ahantu hamwe. Mukantwari Alice, umwe mu bacuruzi bo muri iri soko, avuga ko kuva batangiye kuhakorera

Read More
Amakuru

Indege y’igisirikare cya Uganda yakoreye impanuka muri Somalia

Indege ya Kajugujugu y’igisirikare cya Uganda, yakoreye impanuka ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Aden Adde kiri mu Mujyi wa Mogadishu muri Somalia, iyo ndege ikaba yari irimo abantu umunani, gusa nta makuru ku buzima bwabo aramenyekana. Umuyobozi w’Urwego rwa Somalia rushinzwe indege za gisivili, Ahmed Maalim, yavuze ko iyi ndege yaguye mu gice cyahariwe indege

Read More
Ubuzima

Rusizi: Abatuye Kagara bagiye kumara umwaka nta mazi meza, barataka inzoka zo mu nda

Mu gihe imibare ya WASAC igaragaza ko 84% by’abatuye Rusizi bagejejweho amazi meza, hari abaturage bo mu Kagari ka Kagara, Umurenge wa Gihundwe, bavuga ko bamaze hafi umwaka batagira amazi meza, bigatuma bavoma ibirohwa bityo bakarwara inzoka zo mu nda, bagasaba ubuyobozi kubatabara. Kuva umuyoboro w’amazi meza w’aka gace wangirika bitewe n’ikorwa ry’umuhanda Gihundwe-Rwahi-Busekanka, abatuye

Read More