Ntawe ufite inshingano ku Rwanda kurusha Abanyarwanda ubwabo – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ahamya ko ntawe ufite inshingano ku Rwanda kurusha Abanyarwanda ubwabo, kuko ari bo bagomba kumenya ko buri Munyarwanda ashobora kubaho mu mahoro no gutera imbere mu gihugu cye. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki 4 Nyakanga 2026, umunsi u Rwanda rwizihijeho isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 32,
