Mu mezi atandatu abantu 44 barapfuye bazize inzoga zitujuje ubuziranenge
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko inzoga zitujuje ubuziranenge, abandi bakunze kwita inzoga z’inkorano, zahitanye ubuzima bw’abantu 44 kuva uyu mwaka wa 2026 watangira, ikibazo iyi Minisiteri ivuga ko gihangayikishije, igasaba abaturage gutandukana na zo. Ibi biravugwa mu gihe mu mezi abiri ashize mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana, abantu batatu bahitanywe n’izi nzoga naho
