July 1, 2025
Kigali City - Rwanda
Amakuru Ingo Zitekanye Ubuzima

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwa sisiteme y’ imibereho yasimbuye ibyiciro by’ ubudehe

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante )Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice, mu butumwa yagejeje ku batuye AKarere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli anasaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Ni ubukangurambaga bukangurira abaturage kwishyura ubwisungane mu

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

DORE  INKOMOKO Y’IJAMBO “ARO cyangwa HELLO” DUKORESHA BURIMINSI

Abahanga mu bijyanye n’indimi bavuga ko ururimi rugenda rukura; amagambo amwe amwe akagenda avaho agasimburwa n’andi cyangwa akavaho burundu bitewe n’ibihe uko bimeze. Ndetse bavuga ko havuka n’andi magambo mashyashya ajyanye n’ibihe abantu barimo. Ni muri urwo rwego Ubumwe.com bwahisemo kubashakira inkomoko y’ijambo dukoresha kenshi cyane ku munsi ariko nyamara tutazi impamvu ariryo rikoreshwa n’aho ryakomotse.

Read More
Economy Politiki

Kigali: Abaturutse mu bihugu bya Afrika bari kwiga uko bashyiraho ikirango bahuriyeho cy’ubuziranenge.

Abayobozi b’ibigo by’ubuziranenge, abakozi b’ibigo bitanga ibirango by’ubuziranenge, abagenzuzi b’ibicuruzwa n’abahagarariye inganda nto baturutse mu bihugu bitandukanye by’afrika birimo u Rwanda, Togo, Senegal, Eswatini, Zimbabwe na Zambia. ,bahuriye mu nama y’ ibiganiro by’iminsi 2 iteraniye i Kigali/ Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2025 igamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo babone ikirango ny’ Afrika cy’

Read More
Amakuru Politiki Uncategorized

Isuzuma mpuzamahanga rya PISA 2025 rizafasha kumenya amavugurura akenewe mu Uburezi

Mu Rwanda hatangijwe isuzumwa rigamije kureba aho abana bageze mu byerekeye gusoma, imibare, na Siyanse, rikazafasha ku menya aho abana bo mu Rwanda bageze mu byerekeye kwiga no kureba uburyo bahagaze ugereranije n’ ibindi bihugu 80 bahuriye muri iri suzumwa. Ni isuzumwa ryatangijwe kuri uyu wambere taliki 28 Mata 2025 ritangirizwa mu Kigo cya Camp

Read More
Amakuru Ibidukikije

FOMADECIE-BC 2025: Harnessing the Power of Communication to Save the Congo Basin

From April 22 to 25, 2025, Brazzaville played host to a landmark event that could reshape the trajectory of environmental action in Central Africa. The Forum Multi-Actors on the Development of Environmental Communication and Information in the Congo Basin (FOMADECIE-BC). This first-of-its-kind gathering brought together over 250 participants, including 150 journalists from more than 50 African

Read More
Economy

Muri 2017 Ubukene mu Rwanda bwavuye kuri 39,8% bugera kuri 27,4%

Ubwo hagaragazwaga ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, EICV7, bwamuritswe kuri uyu wa Gatatu bwerekanye ko ubukene mu Rwanda bugeze kuri 27, 4% buvuye kuri 39.8% bwariho mu 2017. Bivuze ko ubukene bwagabanutseho 12,4% . Ubushakashatsi kandi bwagaragaje ko Akarere ka Nyamagabe ari ko kari ku isonga mu dukennye kurusha utundi mu Rwanda, ku kigero

Read More
Amakuru Ubuzima Uncategorized

Mu Budage: Umuganga aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica.

Umuganga w’umuderevu wo mu Budage aregwa kwica abarwayi 15 abinyujije mu gukoresha imiti yica. Uregwa afite imyaka 40, akaba yarakoresheje imiti itandukanye kugira ngo yice abarwayi be, aho yahuje imiti “cocktail” ibiri ishobora gutuma umubiri w’umuntu wiyoberanya ugahita upfa mu minota mike. Abashinjacyaha bo mu Mujyi wa Berlin bavuga ko uyu muganga yakoze ibi mu

Read More
Economy Ibidukikije Uncategorized

Amafaranga Ubukerarugendo Rwinjirije u Rwanda

U Rwanda rwinjirije amafaranga menshi mu rwego rw’ubukerarugendo, ahanini binashingiye ku bikorwa by’ubukerarugendo bw’ibinyabuzima, nk’ugukoresha ibikorwa byo kureba ingagi (gorilla trekking), n’ibindi bikorwa by’amateka ndetse n’ubwiza bw’ahantu nyaburanga nk’ibiyaga, imisozi, ndetse n’ibirunga. Ubukerarugendo mu Rwanda bwateye imbere cyane mu myaka icumi ishize. Nk’uko byagaragajwe n’ibigo bitandukanye by’ubushakashatsi ndetse n’ibigo bya leta, amafaranga yinjijwe mu bukerarugendo

Read More
Amakuru Economy Politiki

Urubyiruko rwo muri Afulika rufite amahirwe yo kubyaza umusaruro ikoranabuhanga ry’ubwene buhangano( AI)

Mu nama Mpuzamahanga ku ikoreshwa ry’Ubwenge Buhangano muri Afurika abashoramari n’abayobora ibigo bikomeye byifashisha iri koranabuhanga bavuga ko inyungu ya miliyari hafi ibihumbi 5$, iteganyijwe mu mwaka wa 2030, izaboneka ari uko Afurika ibayemo ishoramari rikomatanyije n’abakiri bato bakigishwa ikoreshwa rya Artificial Intelligence. Bya garutswe ho mu kiganiro cyatanzwe hatangizwa Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry’Ubwenge

Read More
Economy

Ministers Could be Forced to Make NHS Workforce Plans Public

Ahen an unknown printer took a galley of type and their scrambled imaketype specimen book has follorrvived not only fiver centuriewhen an unknown printer took a galley of type and scrambled it to make a type specimen book. It has survived not only five centuries but also the leap into electronic typesetting, remaining essentially unchanged.

Read More