U Rwanda na Zimbabwe byongereye amasezerano y’ubufatanye
Kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Kanama 2025, u Rwanda na Zimbabwa byasinyanye amasezerano anyuranye y’ubufatanye yiyongera ku yasanzwe, aya none akaba ari ayo guteza imbere urwego rw’ingufu no guhanahana amakuru ku bijyanye na za gasutamo, guteza imbere urubyiruko ndetse no guteza imbere ubufatanye mu nzego za polisi. Ni masezerano ku ruhande rw’u Rwanda, yashyizweho