SECAM yateguye inama izahuza Abepiskopi bo muri Afurika na Madagascar
Ihuriro ry’Abepiskopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM), riritegura inama ya 20 y’amateka, izabera i Kigali mu Rwanda kuva ku ya 30 Nyakanga kugeza ku ya 4 Kanama 2025. Ni inama izahuza abahagarariye Kiliziya Gatolika bo ku mugabane wa Afurika n’ibirwa biyikikije, ku nsanganyamatsiko igira iti “Kristu, Inkomoko y’Ibyiringiro, Ubumwe n’Amahoro.” Inama izitabirwa n’abarenga 250