May 17, 2025
Kigali City - Rwanda
Economy Ingo Zitekanye

Burera: Kwegerezwa ibiribwa by’amatungo byabagabanyirije urugendo

Itsinda rya Twitezimbere rigizwe n’aborozi 30 rikorera mu Karere ka Burera, Umurenge wa Gahunga mu Kagali ka Gisizi nyuma yo kubona ko bagowe no kubona ibiryo bagaburira amatungo bahisemo kubyicururiza , bakavuga ko bibafasha mu bworozi bwabo bitabahenze kandi byanagabanije ingendo aborozi bakoraga bajya ku bishaka. Bavuga ko babikoze nyuma yo guhabwa amahugurwa n’umushinga PRISM

Read More
Amakuru Ibidukikije

Imihindagurikire y’ibihe irimo guteza ibibazo bikomeye mu bihugu by’Afurika

Ibihe bidasanzwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere bigira ingaruka mu nzego zitandukanye, cyane cyane urwego rw’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza muri Afurika. Ikindi kandi byongera inzara, umutekano muke n’impunzi, nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mihindagurikire y’ikirere (OMM) mu itangazo ryasohotse kuri uyu wa mbere. Urugero, muri Sudani y’Epfo, imyuzure ikomeye yibasiye icyo gihugu mu mezi ashize

Read More
Amakuru Ibidukikije

DORE UKO IBITI BIHANA AMAKURU MU GIHE HABAYEHO UBWIRAKABIRI

Iyo habayeho ubwirakabiri bw’izuba (éclipse solaire), isi yose ihagarara.Ibinyabuzima bihindura imyitwarire, naho abantu bagahindukira bareba mu kirere kugira ngo bashimishe amaso kuri urwo rukerera rw’umunsi ruhindutse ijoro. Ariko no mu ishyamba, hari amayobera aba arimo kuba. Nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi  bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Southern Cross University (SCU) yo muri Ositaraliya na Institut italien de

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

NESA yibutse inzirakarengane ziruhukiye mu Rwibutso rwa Bisesero banoroza bamwe mubaharokokeye

Ikigo cy’ Igihugu gishinzwe ibizamini n’ ubugenzuzi bw’ Amashuri NESA, bavuga ko ubumwe n’ ubutwari byaranze Abatutsi bo mu Bisesero mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ari urugero ku bandi mu kurwanya ikibi no gushyira hamwe. Babigarutseho kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gicurasi 2025 ubwo bibukaga ku nshuro ya 31 abazize Jenoside

Read More
Amakuru Iyobokamana

Cardinal Robert Francis Prevost niwe utorewe kuba Papa

Abakaridinali bo muri Kiliziya Gatolika kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Mata, batoye umushumba mushya wa Kiliziya ku Isi usimbura Papa Francis witabye Imana mu kwezi gushize. Nyuma y’amasaha menshi imbaga y’abakristu Gatolika bategereje Kandi basabira ko babona umushumba mushya uyiyobora ku isi, mu masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa 08 Gicurasi 2025, umwotsi

Read More
Amakuru Iyobokamana Politiki

Vatikani :Umwotsi w’umukara wongeye kugaragara, Papa mushya ntaratorwa.

Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uvuye kuri chapelle ya Sistine, ikimenyetso cy’uko amatora ya kabiri yo gushaka umusimbura wa Papa Fransisiko atigeze atanga umwanzuro. Abakardinali batorera mu ibanga rikomeye, batari kumwe n’abakirisitu, bakomeje gushakisha uzasimbura Papa Fransisiko uherutse kwitaba

Read More
Amakuru Politiki

Rusizi: Abikorera basabwe kwitegura kubyaza umusaruro icyambu kigeze kuri 85% cyubakwa

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yasabye abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba kwitegura gukoresha amahirwe azanwa n’icyambu cya Rusizi kiri hafi kuzura, nyuma yo gutangaza ko ubu kimaze kugera kuri 85% by’imirimo y’ubwubatsi. Icyambu kiri kubakwa mu Budike, ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rusizi, kizaba gifite serivisi z’ingenzi zirimo iz’imisoro, ububiko bw’ibicuruzwa, kwakira

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye Ubuzima

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwa sisiteme y’ imibereho yasimbuye ibyiciro by’ ubudehe

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante )Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice, mu butumwa yagejeje ku batuye AKarere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli anasaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Ni ubukangurambaga bukangurira abaturage kwishyura ubwisungane mu

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

DORE  INKOMOKO Y’IJAMBO “ARO cyangwa HELLO” DUKORESHA BURIMINSI

Abahanga mu bijyanye n’indimi bavuga ko ururimi rugenda rukura; amagambo amwe amwe akagenda avaho agasimburwa n’andi cyangwa akavaho burundu bitewe n’ibihe uko bimeze. Ndetse bavuga ko havuka n’andi magambo mashyashya ajyanye n’ibihe abantu barimo. Ni muri urwo rwego Ubumwe.com bwahisemo kubashakira inkomoko y’ijambo dukoresha kenshi cyane ku munsi ariko nyamara tutazi impamvu ariryo rikoreshwa n’aho ryakomotse.

Read More
Economy Politiki

Kigali: Abaturutse mu bihugu bya Afrika bari kwiga uko bashyiraho ikirango bahuriyeho cy’ubuziranenge.

Abayobozi b’ibigo by’ubuziranenge, abakozi b’ibigo bitanga ibirango by’ubuziranenge, abagenzuzi b’ibicuruzwa n’abahagarariye inganda nto baturutse mu bihugu bitandukanye by’afrika birimo u Rwanda, Togo, Senegal, Eswatini, Zimbabwe na Zambia. ,bahuriye mu nama y’ ibiganiro by’iminsi 2 iteraniye i Kigali/ Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2025 igamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo babone ikirango ny’ Afrika cy’

Read More