September 15, 2025
Kigali City - Rwanda
Economy

Kigali: 700 bacuruzaga mu buryo butemewe basoje amahugurwa y’ibanze ku bucuruzi

Abacuruzi bato 700 bakoraga bitemewe n’amategeko mu Mujyi wa Kigali, basoje amahugurwa y’amasomo shingiro y’ubucuruzi azabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo, bukagera ku rwego rw’ibigo biciriritse. Iri tsinda rigizwe ahanini n’abagore, ryahawe impamyabushobozi ku itariki ya 12 Nzeri 2025, nyuma yo kurangiza amahugurwa magufi ashingiye ku isoko agamije kubona akazi cyangwa kwihangira imirimo. Iki gikorwa cy’imyaka

Read More
Amakuru

Menya impamvu uyu munsi aribwo Ethiopia yatangiye umwaka mushya wa 2018

Ku kirangaminsi cya Ethiopia none ni ku wa Kane tariki 01 Nzeri 2018. Iki kirangaminsi kigira amezi 13, buri kwezi kukagira iminsi 30. Ibi bituma umwaka wabo uba uri inyuma imyaka irindwi kuri kalendari ya Gerigori y’Abaromani ibihugu byinshi ku Isi bigenderaho. Uyu munsi batangiye ukwezi kwa cyenda cyangwa Meskerem mu rurimi rwa Amharic rukoreshwa

Read More
Amakuru

Musanze/Shingiro: Abasigajwe inyuma n’amateka bahamya ko bahinduye imyumvire babikesha COPORWA

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze, kuri ubu usanga barahinduye imyumvire aho mbere bari abagenerwabikorwa, ariko bakaba basigaye ari abafatanyabikorwa kuko bamaze guhindura imyumvire, bagakura amaboko mu mifuka bagashaka imirimo bakora ibafasha kwiteza imbere mu buryo bw’imibereho. Mu guhindura imyumvire kwabo babihamisha kuba ubu batagitangirwa ubwisisangane mu kwivuza bose,

Read More
Amakuru

Niba ukora ibi bintu, menya ko byangiza kwigirira icyizere

Kwigirira icyizere ni ingenzi mu buzima bwacu bwa buri munsi, kuko ari urufunguzo mu iterambere rya muntu, kwigirira icyizere ni ukuba wiyumvamo ko ushoboye yewe n’ibyo utazi wumva ko wabyiga kandi ukabishobora, dushobora kubyita kwiyemera ariko kwiza. Iyo rero umuntu atifitiye icyizere bimugiraho ingaruka nyinshi zitari nziza mu mirimo ye ya buri munsi, haba mu

Read More
Economy

Igiciro cya zahabu cyageze hejuru kitigeze kigera mbere

Igiciro cya zahabu ku isoko mpuzamahanga cyageze ku gipimo cyo hejuru kitigeze kigeraho mbere, kubera ukwiyongera kw’abayishaka ahanini bivuye ku mpungenge ziriho ku bukungu ku Isi. Igiciro cya garama 31 za zahabu itunganyije (‘troy’ imwe) cyageze ku 3,508 by’Amadolari (Miliyoni 5Frw) kuri uyu wa kabiri. Igiciro cy’iri buye ry’agaciro gikomeje kuzamuka, aho kimaze kwiyongeraho hafi

Read More
Amakuru

Akarere ka Kayonza ku isonga mu batsinze ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye

Akarere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba kari ku isonga mu tundi turere mu kugira abanyeshuri batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, kakaba kari ku kigero cya 96.9%, aho gakurikiwe n’Akarere Kirehe kari kuri 95%, hakaza Rulindo 94.9, Ngoma 93.8, Nyamasheke 93.6, mu gihe uturere turi inyuma mu mitsindire ari aka Nyarugenge kari kuri

Read More
Amakuru

Afghanistan: Umutingito wahitanye abasaga 800, abarenga 2700 barakomereka

Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 6 (magnitude 6), wibasiye uburasirazuba bwa Afghanistan mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025, uhitana abantu basaga 800 naho abarenga 2,700 barakomereka, nk’uko byatangajwe na Guverinoma y’iki gihugu kuri uyu wa mbere. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku murwa mukuru Kaboul, umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan, Zabihullah Mujahid,

Read More
Economy

U Rwanda rwifuza ko mu myaka 10 ibyoherezwa mu mahanga byagera kuri Miliyari 7$

Inzobere mu bucuruzi mu Rwanda zivuga ko hakomeje gushakishwa uko amasoko y’ibyoherezwa mu mahanga yakwaguka, bityo bikava kuri Miliyari 3.5 z’Amadolari biriho uyu munsi, bikaba byagera kuri Miliyari 7 z’Amadolari ya Amerika mu myaka 10 iri imbere. Ibi barabivuga nyuma yo kwitabirira imurikagurisha mpuzamahanga ribera muri Mozambique, aho basanze bisaba ubufatanye kugira ngo iyo ntego

Read More
Amakuru

Nigeria: Igisirikare cyatangaje ko cyishe abarwanyi 35 ba Boko Haram

Igisirikare cya Nigeria cyatangaje ko ishami ryacyo rirwanira mu kirere (Nigeria Air Force), ryagabye igitero gikomeye kandi cy’ubuhanga budasanzwe ku barwanyi ba Boko Haram cyicamo abagera kuri 35, mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’iki gihugu. Icyo gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025, cyabereye ahitwa Kumshe muri Leta ya Borno, hafi y’umupaka

Read More
Amakuru

Afghanistan: Abantu 79 baguye mu mpanuka yo mu muhanda

Muri Afghanistan, abantu 79 barimo abana 17 baguye mu mpanuka yo mu muhanda, yatewe na bisi yagonganye n’ikamyo ndetse na moto, nk’uko ubuyobozi muri icyo gihugu bwabitangaje. Abapfuye ahanini ni Abanya-Afghanistani bari barahungiye muri Iran bihana imbibi, iki gihugu cyari cyohereje ngo basubire mu gihugu cyabo, muri urwo rugendo ni bwo habaye iyo mpanuka, aho

Read More