Kigali: 700 bacuruzaga mu buryo butemewe basoje amahugurwa y’ibanze ku bucuruzi
Abacuruzi bato 700 bakoraga bitemewe n’amategeko mu Mujyi wa Kigali, basoje amahugurwa y’amasomo shingiro y’ubucuruzi azabafasha guteza imbere ubucuruzi bwabo, bukagera ku rwego rw’ibigo biciriritse. Iri tsinda rigizwe ahanini n’abagore, ryahawe impamyabushobozi ku itariki ya 12 Nzeri 2025, nyuma yo kurangiza amahugurwa magufi ashingiye ku isoko agamije kubona akazi cyangwa kwihangira imirimo. Iki gikorwa cy’imyaka