Abaguzi barakangurirwa kumenya uburenganzira bwabo ku isoko
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe uburenganzira bw’abaguzi ku ya 18 Werurwe 2026, abaguzi bashishikarijwe kumenya uburenganzira bwabo mu guhabwa ibicuruzwa byujuje ubuziranenge kandi ku gihe, bitagenda bityo bakegera inzego zibishinzwe zikabafasha. Paul Mbonyi, Umuyobozi w’imishinga mu Muryango ushinzwe kurengera Abaguzi mu Rwanda (ADECOR), avuga ko abaguzi bagihura n’imbogamizi ijyanye n’ubuziranenge bw’ibicuruzwa. Ati “Indi mbogamizi abaguzi
