DORE UKO IBITI BIHANA AMAKURU MU GIHE HABAYEHO UBWIRAKABIRI
Iyo habayeho ubwirakabiri bw’izuba (éclipse solaire), isi yose ihagarara.Ibinyabuzima bihindura imyitwarire, naho abantu bagahindukira bareba mu kirere kugira ngo bashimishe amaso kuri urwo rukerera rw’umunsi ruhindutse ijoro. Ariko no mu ishyamba, hari amayobera aba arimo kuba. Nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda mpuzamahanga ry’abashakashatsi bo muri Southern Cross University (SCU) yo muri Ositaraliya na Institut italien de