September 15, 2025
Kigali City - Rwanda
Amakuru

Izere Henock Tresor na Arakaza Leo Victor bahize abandi mu bizamini bya Leta

Uwa mbere mu gihugu watsinze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ni Izere Henock Tresor, wigaga muri Es Kanombe/Efotec mu Karere ka Kicukiro, wabonye amanota 98.67%. Ni mu gihe uwabaye uwa mbere mu gihugu mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari uwitwa Arakaza Leo Victor wigaga ku ishuri rya Wisdom School Musanze

Read More
Amakuru

Imvura yaguye mu minsi umunani gusa yishe abantu batanu inangiza ibikorwa bitandukanye

Imvura yaguye mu Rwanda kuva tariki 11 kugeza 18 Kanama 2025, yarimo umuyaga ndetse n’inkuba yishe abantu 5 ikomeretsa abandi 13, yangiza ibikorwa byinshi binyuranye, birimo inzu n’ibiraro. Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, itangaza ko mu minsi umunani gusa habayeho ibiza 23 byiganjemo ibyatewe n’inkuba, kuko zishe abantu 5 zigakomeretsa 13, zinica inka 3, hangirika

Read More
Amakuru

Amanota y’abarangije amashuri abanza n’icyiciro rusange arasohoka kuri uyu wa kabiri

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025 ku banyeshuri barangije amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, aratangazwa kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025 saa cyenda z’igicamunsi, nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC). Muri iri tangazo kandi, handitsemo ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira tariki 8 Nzeri 2025. Abanyeshuri 220,000

Read More
Amakuru

Nyaruguru: Bizihije umunsi Nyafurika w’Irangamimerere, abaturage bafashwa gukemura ibibazo bijyanye naryo

Kwizihiza umunsi Nyafurika w’Irangamimerere byatangirijwe mu Karere ka Nyaruguru, kuko ariko  kaje ku isonga mu gutanga serivisi z’irangamimerere. Ni umunsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti “Irangamimerere rishingiye ku ikoranabuhanga umusingi wa serivisi inoze kandi itagira uwo iheza” Bamwe mu babyeyi twaganiriye twasanze bafite amafishe y’abanana babo, bavuze ko iri mu bifasha abana babo kugira ngo

Read More
Amakuru

NIDA yatangije serivisi ziganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), kuri uyu wa Kane tariki 7 Kanama 2025, cyatangije ku mugaragaro Indangamuntu Koranabuhanga (e-Ndangamuntu). Ni indangamuntu izahabwa buri muntu wese utuye mu Rwanda, kuva ku mwana ukivuka, bikazakorwa hemezwa imyirondoro n’ibimenyetso birimo ibikumwe by’intoki, imboni y’ijisho n’ibindi. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu, cyatangije ubukangurambaga buzatuma abantu bitabira gahunda zo kwibaruza, kugira

Read More
Economy

Le Rwanda s’engage à améliorer la gestion de ses forêts

Le Conseil de Soutien à la Forêt (FSC), une organisation internationale spécialisée dans la certification forestière, s’est engagé à appuyer le Rwanda dans ses efforts de sensibilisation et de promotion de la gestion durable des forêts. L’objectif est de permettre aux produits dérivés du bois rwandais d’accéder davantage aux marchés internationaux. Selon Annah Agasha, Coordinatrice

Read More
Economy

EXPO 2025: Udushya dukomeje kwiyongera

ExpoRwanda 2025 ibaye ku nshuro ya 28, ikaba yazanye udushya tudasanzwe, aho usanga inganda n’abanyabukorikori, ndetse n’ibihugu byitabira byose byariyongereye, kimwe n’udushya. Mu nganda zitabiriye harimo urukora ibyitwa ‘WPC wall panel’ byenda kumera nka languettes, izi tuzi zikora ‘plafond’ z’inzu, ariko noneho zo zikora ku nkuta ndetse na plafond, ariko zikaba zifite umwihariko wo kuba

Read More
Amakuru

Imishinga ya ‘Pro-Poor Development Basket Fund’ yahinduriye imibereho ab’i Gatsibo

Ku bufatanye na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Ikigo gishinzwe guteza imbere ibikorwa by’Iterambere mu nzego z’ibanze (LODA) n’abafatanyabikorwa mu iterambere (Development Partners), ku wa gatatu tariki 30 Nyakanga 2025, basuye imishinga yashyizwe mu bikorwa binyuze mu Kigega kigamije gushyigikira uturere tw’icyaro kuzamura imibereho myiza y’abaturage (Pro-Poor Development Basket Fund). Ikigega Pro-Poor Development Basket Fund, cyatewe inkunga

Read More
Amakuru

Amateka y’Umuganura

Buri wa gatanu wa mbere wa Kanama (ukwezi kwa munani mu mezi ya kinyarwanda), mu Rwanda hizihizwa umunsi w’Umuganura, aho Abanyarwanda basangira ibiryo gakondo birimo amateke, imyumbati, rukacarara (umutsima w’amasaka), ndetse bakanasangira ibinyobwa gakondo birimo urwagwa n’ikigajye, bagasabana bigatinda. Abakuze bavuga ko kwizihiza Umuganura ari ugusigasira umurage w’u Rwanda, bitewe nuko ukubiyemo indangagaciro z’umuco nyarwanda.

Read More
Economy

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwasobanuye aho bugeze mu iterambere

Ni mu kiganiro n’itangazamakuru ubwo ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwasobanuraga aho bugeze mu iterambere, ndetse no kwesa imihigo, na cyane ko izina ry’ubutore ry’ako karere ari ABESAMIHIGO. Mu bibazo bitandukanye babajijwe n’itangazamakuru, abayobozi b’akarere bagaragaje ishusho yako, haba mu bukungu, imibereho myiza ndetse n’iterambere, dore ko Kamonyi iri mu turere tugenda duturwa cyane kubera kuba

Read More