#KwitIzina2025: Abaturage basabwe gukomeza kwita ku ngagi zifatiye runini Igihugu
Mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi wabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2025, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abaturage gukomeza kwita
Mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi wabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2025, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abaturage gukomeza kwita
Umunya-Argentine Javier Matías Pastore wakiniye Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025 yasuye Stade Amahoro, akorana imyitozo n’abana
Michelle Yeoh n’umugabo we Jean Todt, bari mu Rwanda aho babanje gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi. Nyuma yaho basuye Pariki
Mu rwego rwo guteza imbere ibikorwa by’amazi, isuku n’isukura, Akarere ka Bugesera gafatanyije na WaterAid Rwanda, batashye ku mugaragaro ivomo ryubakiwe abaturage bo
Kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Nzeri 2025, abana 40 b’ingagi barahabwa amazina mu muhango ubera mu Karere ka Musanze mu Murenge wa
Igiciro cya zahabu ku isoko mpuzamahanga cyageze ku gipimo cyo hejuru kitigeze kigeraho mbere, kubera ukwiyongera kw’abayishaka ahanini bivuye ku mpungenge ziriho ku
Imvura idasanzwe yaguye muri Sudan mu mpera z’icyumweru gishize yateje inkangu, maze yibasira umudugudu wose wa Tarasin abasaga 1,000 bahasiga ubuzima, nk’uko byatangajwe
Akarere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba kari ku isonga mu tundi turere mu kugira abanyeshuri batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye,
Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 6 (magnitude 6), wibasiye uburasirazuba bwa Afghanistan mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025, uhitana
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Dakar muri Sénégal, aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems Forum/#AFS Forum2025). Akigera