September 15, 2025
Kigali City - Rwanda
Ubuzima

Abafite ubumuga bw’ingingo barasaba ko Mituweli yajya ibafasha bagahabwa ubuvuzi bwuzuye

Abafite ubumuga bw’ingingo bavurirwa mu bitaro bya Gatagara baba abagendera mu tugare, ndetse n’abagendera mu mbago bavuga ko ubuvuzi bahabwa ku bakoresha Mituweli  butuzuye kuko ngo hari inshuro yishyura ngo bakorerwe ubugororangingo, izo nshuro zagera udafite ubushobozi bwo gukomeza kwitangira amafaranga ku giti cye ubuvuzi bugahagarara, hakaba n’abasubira inyuma. Céléstin ukomoka mu Karere ka Huye,

Read More
Amakuru

Nigeria: Igisirikare cyatangaje ko cyishe abarwanyi 35 ba Boko Haram

Igisirikare cya Nigeria cyatangaje ko ishami ryacyo rirwanira mu kirere (Nigeria Air Force), ryagabye igitero gikomeye kandi cy’ubuhanga budasanzwe ku barwanyi ba Boko Haram cyicamo abagera kuri 35, mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’iki gihugu. Icyo gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025, cyabereye ahitwa Kumshe muri Leta ya Borno, hafi y’umupaka

Read More
Politiki

U Rwanda rwongeye kwamagana ibirego bishinja RDF ubwicanyi muri RDC

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego byatangajwe n’ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ushinzwe uburenganzira bwa muntu, bishinja Ingabo zarwo, RDF, gufasha umutwe wa M23 mu kugira uruhare mu bwicanyi bwabereye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibyo birego binahuriweho kandi n’Umuryango Human Rights Watch, HRW, ndetse n’Ibiro bihuriweho na UN bishinzwe Uburenganzira

Read More
Imikino

#Inkeray’Abahizi: Police FC na AS Kigali zibonye intsinzi  

Mu irushanwa ryiswe Inkera y’Abahizi ryateguwe n’ikipe ya APR FC rikomeje, Ikipe ya Police FC yatsinze APR FC ibitego 3-2, naho AS Kigali itsinda AZAM FC yo muri Tanzania igitego 1-0, mu mikino yabaye kuri uyu wa Kane tariki 21 Kamena 2025.   Mu mukino wahuje APR FC na Police FC, amakipe yombi yatangiranye imbaraga

Read More
Amakuru

Afghanistan: Abantu 79 baguye mu mpanuka yo mu muhanda

Muri Afghanistan, abantu 79 barimo abana 17 baguye mu mpanuka yo mu muhanda, yatewe na bisi yagonganye n’ikamyo ndetse na moto, nk’uko ubuyobozi muri icyo gihugu bwabitangaje. Abapfuye ahanini ni Abanya-Afghanistani bari barahungiye muri Iran bihana imbibi, iki gihugu cyari cyohereje ngo basubire mu gihugu cyabo, muri urwo rugendo ni bwo habaye iyo mpanuka, aho

Read More
Amakuru

Izere Henock Tresor na Arakaza Leo Victor bahize abandi mu bizamini bya Leta

Uwa mbere mu gihugu watsinze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ni Izere Henock Tresor, wigaga muri Es Kanombe/Efotec mu Karere ka Kicukiro, wabonye amanota 98.67%. Ni mu gihe uwabaye uwa mbere mu gihugu mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari uwitwa Arakaza Leo Victor wigaga ku ishuri rya Wisdom School Musanze

Read More
Amakuru

Imvura yaguye mu minsi umunani gusa yishe abantu batanu inangiza ibikorwa bitandukanye

Imvura yaguye mu Rwanda kuva tariki 11 kugeza 18 Kanama 2025, yarimo umuyaga ndetse n’inkuba yishe abantu 5 ikomeretsa abandi 13, yangiza ibikorwa byinshi binyuranye, birimo inzu n’ibiraro. Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, itangaza ko mu minsi umunani gusa habayeho ibiza 23 byiganjemo ibyatewe n’inkuba, kuko zishe abantu 5 zigakomeretsa 13, zinica inka 3, hangirika

Read More
Amakuru

Amanota y’abarangije amashuri abanza n’icyiciro rusange arasohoka kuri uyu wa kabiri

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025 ku banyeshuri barangije amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, aratangazwa kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025 saa cyenda z’igicamunsi, nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC). Muri iri tangazo kandi, handitsemo ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira tariki 8 Nzeri 2025. Abanyeshuri 220,000

Read More
Iyobokamana

Amateka ya Kibeho, ubutaka butagatifu bwa Bikira Mariya

Buri tariki ya 15 Kanama, abakristu gatolika babarirwa mu bihumbi bateranira i Kibeho mu majyepfo y’u Rwanda, mu misa yo kwizihiza umunsi mukuru Kiliziya Gatolika yemera ko ari uw’Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya uzwi nka Asomusiyo (Assumption) I Kibeho ni ho honyine muri Afurika hemejwe na Kiliziya Gatolika ko Bikira Mariya yahabonekeye, ubwo yabonekeraga

Read More
Imikino

Young Africans itwaye Rayon Sports Igikombe cy’Umunsi w’Igikundiro 

Young Africans yo muri Tanzania yatsinze Rayon Sports ibitego 3-1, mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro, mu rwego rwo kwizihiza ibirori bya Rayon Sports Day 2025 cyangwa Umunsi w’Igikundiro, itwara igikombe ityo. Rayon Sports ni yo yabonye igitego cya mbere ku munota wa mbere, aho bakinnyi ba Young Africans bitsinze. Icyo gitego Rayon

Read More