RDC: Le nombre de morts dus à Ebola atteint 191
Le Ministère de la Santé de la République Démocratique du Congo (RDC), a annoncé que l’épidémie d’Ebola de souche Bundibugyo avait déjà causé
Le Ministère de la Santé de la République Démocratique du Congo (RDC), a annoncé que l’épidémie d’Ebola de souche Bundibugyo avait déjà causé
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari i Lomé muri Togo aho yitabiriye umuhango wo gutangiza ku nshuro ya mbere Ihuriro n’Imurikagurisha
Muri Brazil abantu batandatu bapfuye nyuma y’uko kajugujugu ebyiri zigonganiye mu kirere hejuru y’Umujyi wa Rio de Janeiro, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwaho. Abashinzwe
Intambara ihanganishije Iran na Amerika ifatanyije na Israel yaba igiye kurangira, icyizere kigaturuka ku kuba Amerika yumvikanye na Iran ku isinywa ry’amasezerano y’amahoro,
Mu rwego rwo kudaheza abafite ubumuga, mu Karere ka Muhanga ku cyumweru tariki 14 Kamena 2026, hatangijwe Siporo rusange yari yitabiriwe n’abantu bafite
Ikipe ya Basketball ya RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026), iri mu birori bikomeye byo kwishimira iyi ntsinzi, aho
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), rwasohoye itangazo rikubiyemo amasaha mashya ajyanye no gufunga ibikorwa by’ubucuruzi, ahanini bijyanye n’imyidagaduro, azakurikizwa kuva ku ya 12
Abantu barenga ibihumbi 40 barimo abanyeshuri, abarimu n’abandi bakeneye ubumenyi bw’ikoranabuhanga mu burezi, biteganyijwe ko bazahugurwa mu mezi 18 ari imbere binyuze muri
Indwara y’imvura cyangwa Mildiou mu ndimi z’amahanga, ni indwara ihangayikisha cyane abahinzi b’ibirayi, kuko iyo umuhinzi adateye ibirayi imiti yabugenewe ibirinda iyo ndwara,
Ikipe ya Mexique yatangiye neza iri rushanwa itsinda Afurika y’Epfo ibitego 2-0 mu mukino wo mu itsinda rya mbere wabaye ku wa Kane