April 27, 2025
Kigali City - Rwanda
Imyidagaduro

Imyidagaduro ni umurimo: Iterambere rifatika

Mu Rwanda rwo muri iki gihe, imyidagaduro ntikiri ibyo gusetsa abantu gusa cyangwa ibihangano byo ku manywa y’ikiruhuko. Ubu ni umurimo, ni igice gikomeye cy’ubukungu kandi kigaragaza icyerekezo cy’igihugu kirimo kwiyubaka mu buryo bugezweho. Abantu barimo kubona ko imyidagaduro ishobora gutunga nyirayo, ndetse ikanatanga akazi ku bandi. Abahanzi barimo gukora ibikorwa bifite ireme, byinjiza amafaranga

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ese wigeze utekereza ku gaciro k’ubuzima Imana yaguhaye?

Basomyi bacu dukunda, nk’uko benshi muri twe twemera, Imana niyo muremyi w’ibintu byose byabaibyo ku isi, munsi y’isi, mu kirere no mu ijuru. Mu byaremwe byose umuntu niwe waremwe m’uburyobudasanzwe kuko we ntiyaremwe n’Ijambo gusa nk’uko kubindi biremwa byagenze, ahubwo umuntu weigihe Imana yamuremaga yakoresheje intoki zayo bwite “Uwiteka Imana irema umuntu mu mukunguguwo hasi,

Read More
Ibidukikije

Uruhare rw’Abantu mu Kurengera Ibidukikije: Ingamba Nziza Zigezweho

Muri iki gihe, ibidukikije bikomeje guhura n’ibibazo bikomeye bishingiye ku mihindagurikire y’ibihe, imyuka ihumanya, ndetse no gutakaza ibyanya by’ubusitani n’amashyamba. Ariko nubwo ibyo bibazo byikomeje kwiyongera, haracyari ibyiringiro, kandi abantu batangiye gushyira mu bikorwa ingamba nyinshi mu rwego rwo kubungabunga no kurengera ibidukikije. Kenya: Igikorwa cyo Gukemura Ikibazo cy’Amazi Meza Mu gihugu cya Kenya, hari

Read More
Politiki

Wari uzi ko hari ibihugu bitagira igisirikare?

Mu gihe ibihugu byinshi byo ku isi bifite igisirikare gifite inshingano zo kurinda ubusugire bwabyo, hari ibihugu bimwe na bimwe byahisemo kutagira igisirikare, cyangwa bigahitamo kugendera ku yindi nzira mu kurinda umutekano wabyo. Ibi bihugu bishingira ku mategeko yihariye, amateka yabyo, cyangwa se amahame bifatiraho nk’imyemerere y’amahoro n’ubwumvikane. 1. Costa Rica: Igihugu cy’amahoro Costa Rica,

Read More
Ibidukikije Ingo Zitekanye

“Ubuzima mu kaga: Umwuka mubi uhitana ubuzima butavugwa”

Mu gihe isi yose ihanganye n’ingaruka z’ihindagurika ry’ikirere, mu Rwanda, ikibazo cy’ubuhumane bw’umwuka kiri mu byo bikomeje gutera impungenge ku buzima rusange. Umwuka duhumeka buri munsi ni igice cy’ingenzi cy’ubuzima, ariko iyo ubuziranenge bwawo bwangiritse, ubuzima bw’abantu benshi bushobora kujya mu kaga. Umwuka wo mu mijyi uragenda uhinduka mubi Imibare iherutse gutangazwa n’inzego z’ubuzima igaragaza

Read More
Uncategorized

Hello world

Welcome to WordPress. This is your first post. Edit or delete it, then start writing!!

Read More
Amakuru Economy Politiki

Urubyiruko rwo muri Afulika rufite amahirwe yo kubyaza umusaruro ikoranabuhanga ry’ubwene buhangano( AI)

Mu nama Mpuzamahanga ku ikoreshwa ry’Ubwenge Buhangano muri Afurika abashoramari n’abayobora ibigo bikomeye byifashisha iri koranabuhanga bavuga ko inyungu ya miliyari hafi ibihumbi 5$, iteganyijwe mu mwaka wa 2030, izaboneka ari uko Afurika ibayemo ishoramari rikomatanyije n’abakiri bato bakigishwa ikoreshwa rya Artificial Intelligence. Bya garutswe ho mu kiganiro cyatanzwe hatangizwa Inama Mpuzamahanga ku Ikoranabuhanga ry’Ubwenge

Read More
Ibidukikije

Soil Conserving Agriculture in the way of Helping in Fighting Climate Change

Soil-conserving agriculture is now seen as one of the key methods to fight climate change, according to agriculture experts in Rwanda. Soil-conserving agriculture is becoming a smart solution for climate challenges. It protects the land, increases food production, and builds a better future for farmers. By using methods like not ploughing the land, keeping the

Read More
Ibidukikije

Ubuhinzi bubungabunga ubutaka buri mubifasha guhangana n’imihindagurikire y’ibihe

Ubuhinzi bubungabunga ubutaka bufatwa nk’inkingi ikomeye mu kubaka ubuhinzi buhangana n’ihindagurika ry’ibihe nk’uko bigaragazwa n’inzobere mu bijyanye n’ubuhinzi. ibi birabivuga mu gihe ubu abahinzi batangiye guhinga bakoresheje ubwo buryo bishimira ibyiza byabwo. Umwe mu bahinzi ba bigize umwuga utuye mu karere ka Kirehe Gakuba Jonas, avuga ko yabonye impinduka ubwo yatangiraga guhinga mu buryo bu

Read More
Ibidukikije

Musanze: Ihindagurika ry’ikirere ryateye ababumbyi kubura ibumba

Abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma batuye mu karere ka Musanze mu mirenge ya Gataraga ndetse na Shingiro bari batunzwe n’umwuga wo kubumba inkono bakoresheje ibumba bavuga ko batakigira imirimo bakora ijyanye n’ububumbyi ngo kuko aho bakuraga ibumba ritakiboneka. Aba babumbyi basobanura ko biba byatewe n’imvura igwa amazi akarenga ku ibumba bikabaviramo ku ribura kandi

Read More