Ababyeyi basabwe kudatererana abana baterwa inda z’imburagihe
Imiryango itegamiye kuri Leta, abahagarariye urubyiruko abarimu ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bagaragaza ko kurwanya inda ziterwa abangavu bagata amashuri bizashoboka ari uko buriwese abigizemo uruhare yaba umubyeyi yaba inzego bireba ndetse n’abandi, ariko cyane cyane ababyeyi ntibafate umwana watewe inda nk’igicibwa . Bya garutsweho mu nama yateguwe n’ Umuryango Happy Family Rwanda Organization, ku bufatanye na