May 18, 2025
Kigali City - Rwanda
Ingo Zitekanye

Ababyeyi basabwe kudatererana abana baterwa inda z’imburagihe

Imiryango itegamiye kuri Leta, abahagarariye urubyiruko abarimu ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bagaragaza ko kurwanya inda ziterwa abangavu bagata amashuri bizashoboka ari uko buriwese abigizemo uruhare yaba umubyeyi yaba inzego bireba ndetse n’abandi, ariko cyane cyane ababyeyi ntibafate umwana watewe inda nk’igicibwa . Bya garutsweho mu nama yateguwe n’ Umuryango Happy Family Rwanda Organization, ku bufatanye na

Read More
Ingo Zitekanye Politiki

Kwibuka 31 : Mageragere, bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo.

Kwibuka ku nshuro ya 31,Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , ku rwego rw’Umurenge wa Mageragere bibukijwe ko ikizere cyo kubaho kiri mu banyarwanda ubwabo, aho bibukijwe kudaha umwanya abashaka gusubiza u Rwanda mu icuraburindi, ahubwo bakwiye kurusigasira no kuruteza imbere mu mahoro, ubumwe n’iterambere. Iki gikorwa cyaranzwe no gushyira indabo ku mva, isengesho ryo kwibuka,

Read More
Imikino

Ibikomeye byaranze Premier League

Mu mikino ya shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) yakinwe kuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Manchester City yakoze ibyo benshi batatekerezaga nyuma yo kugaruka mu mukino yari imaze gutsindwamo ibitego 2-0 n’ikipe ya Crystal Palace, igahita iyitsinda ku bitego 5-2. Crystal Palace yari yatangiye umukino neza, itsinda ibitego bibiri bya mbere mu gice cya mbere,

Read More
Imyidagaduro Politiki

Inkomoko y’ijambo “OK”

Ijambo “OK” ryatangiye gukoreshwa mu myaka ya 1830 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyane cyane mu mujyi wa Boston, nk’urwenya rwatangijwe n’abanyamakuru bo mu binyamakuru byandikirwaga abaturage. Icyari kigamijwe ni kwandika amagambo nabi ku bushake, mu buryo bwa “slang” isetsa. Urugero: Uko imyaka yagiye ihita, iryo jambo ryamamaye cyane, kugeza ubwo rigiye rikoreshwa no

Read More
Ibidukikije

Ihinduka ry’Ikirere rirashyira ubuzima mu kaga

Mu minsi ya vuba, isi iri guhura n’imihindagurikire y’ikirere itigeze ibaho ku muvuduko nk’uyu mu mateka yayo. Uko imyaka ihita indi igataha, ibihe ntibikimeze nk’uko byari bimeze. Imvura iragwa nabi, amapfa ariyongera, inkubi z’umuyaga ziratungurana, ubushyuhe bugatera hejuru y’ibisanzwe. Ariko se, ni iki kibitera? Ese abantu bafite uruhare mu gutuma ibi bibaho? Imyuka Ihumanya Ikirere

Read More
Ibidukikije

Minema yahaye umwitozo abagize komite z’imicungire y’ibiza uzabafasha guhangana mu gihe baterwa nabyo

Mu bihe bitandukanye Akarere ka Rubavu kagiye gahura n’ibiza by’ubwoko bunyuranye bigatwara ubuzima bw’abaturage ndetse bigasenya inzu z’abaturage, ibikorwaremezo n’indi mitungo ikahangirikira. Muri icyo gihe cyose, hagiye hakenerwa ubutabazi bwihuse kugirango ubuzima bw’abahuye nibyo biza bukomeze. Ibi byatumye abagize komite z’imicungire y’ibiza ku rwego rw’akarere n’ab’ Imirenge ikunze kwibasirwa n’ibiza bahabwa umwitozo w’ubutabazi na Minisiteri

Read More
Ingo Zitekanye Iyobokamana

Ubundi gucuruza akabari ku Mukristu ni icyaha?

Izi ni impaka zikunda kuba mu bantu benshi batandukanye, iyo bicaye. Gusa rimwe na rimwe rubura gica umwe azana ingingo ze, undi nawe azana ize ngingo kugira ngo yemeze undi. Ariko se kandi: Icyo Bibiliya ivuga ku nzoga n’akabari Biblia ntiyigeze ibuza umuntu kunywa inzoga burundu, ariko iragabanya, inihanangiriza kunywa inzoga mu buryo bwarenze urugero.

Read More
Iyobokamana

Gukina Yesu byamubereye nk’umusaraba:Ubuhamya bwa Robert Powell

Mu mateka ya sinema ya gikirisitu, filime Jesus of Nazareth yasohotse mu 1977 ni imwe mu zifite izina rikomeye cyane. Yabaye impinduramatwara mu kugaragaza inkuru y’ubuzima bwa Yesu Kristo. Nyamara, inyuma y’iyo shusho nziza, hari inkuru y’akababaro, urujijo, n’ingaruka ziremereye ku buzima bw’umukinnyi Robert Powell, wagize amahirwe n’umusaraba wo gukina Yesu. Uko byatangiye: Umwanya utangaje

Read More
Ingo Zitekanye Ubuzima

Dore ubusobanuro bw’agatambaro k’umutuku gakoreshwa ku bukangurambaga kuri SIDA

Aya matsiko birashoboka ko nawe wigeze kuyagira, cyangwa ukaba unabona aka kamenyetso gusa ariko ukaba utarigeze na rimwe ufata umwanya ngo ugatekerezeho. Byose birashoboka. Niba warigeze kugira aya matsiko, reka nyakumare. Niba kandi utarigeze kuyagira, nabwo ntacyo; reka nkwongere ubumenyi. Umutuku usobanura: Ifatwa nk’ikarita y’impuhwe n’icyizere: Aho Red Ribbon yakomotse Aka gatambaro kavumbuwe mu 1991

Read More