May 17, 2025
Kigali City - Rwanda
Amakuru Ingo Zitekanye Ubuzima

Rwamagana: Hatangirijwe ubukangurambaga bwa sisiteme y’ imibereho yasimbuye ibyiciro by’ ubudehe

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’umwaka w’Ubwisungane mu kwivuza ( Mutuelle de Sante )Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr Mugenzi Patrice, mu butumwa yagejeje ku batuye AKarere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba yasabye abaturage kwitabira kwishyurira ku gihe imisanzu yabo ya mituweli anasaba abayobozi mu nzego z’ibanze guharanira kwihutisha iterambere ry’imibereho y’abaturage. Ni ubukangurambaga bukangurira abaturage kwishyura ubwisungane mu

Read More
Amakuru Ingo Zitekanye

DORE  INKOMOKO Y’IJAMBO “ARO cyangwa HELLO” DUKORESHA BURIMINSI

Abahanga mu bijyanye n’indimi bavuga ko ururimi rugenda rukura; amagambo amwe amwe akagenda avaho agasimburwa n’andi cyangwa akavaho burundu bitewe n’ibihe uko bimeze. Ndetse bavuga ko havuka n’andi magambo mashyashya ajyanye n’ibihe abantu barimo. Ni muri urwo rwego Ubumwe.com bwahisemo kubashakira inkomoko y’ijambo dukoresha kenshi cyane ku munsi ariko nyamara tutazi impamvu ariryo rikoreshwa n’aho ryakomotse.

Read More
Amatangazo Iyobokamana

GUTORA PAPA BIGIYE GUTANGIRA, DORE UKO BIKORWA

Kuri uyu wa gatatu nimugoroba, munsi y’igisenge cya Shapeli Sistine ya Michelangelo, abakardinali 133 baratangira gutora papa wa 267 wa Kiliziya Gatolika. Uyu munsi uratangirana na misa ya saa 10:00 (ku isaha ya Vatican ari nayo ya Kigali) ibera muri Bazilika ya Mutagatifu Petero. Iyo misa, ica kuri televiziyo, iraba iyobowe na Giovanni Battista Re,

Read More
Economy Politiki

Kigali: Abaturutse mu bihugu bya Afrika bari kwiga uko bashyiraho ikirango bahuriyeho cy’ubuziranenge.

Abayobozi b’ibigo by’ubuziranenge, abakozi b’ibigo bitanga ibirango by’ubuziranenge, abagenzuzi b’ibicuruzwa n’abahagarariye inganda nto baturutse mu bihugu bitandukanye by’afrika birimo u Rwanda, Togo, Senegal, Eswatini, Zimbabwe na Zambia. ,bahuriye mu nama y’ ibiganiro by’iminsi 2 iteraniye i Kigali/ Rwanda kuri uyu wa 28 Mata 2025 igamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo babone ikirango ny’ Afrika cy’

Read More
Amakuru Politiki Uncategorized

Isuzuma mpuzamahanga rya PISA 2025 rizafasha kumenya amavugurura akenewe mu Uburezi

Mu Rwanda hatangijwe isuzumwa rigamije kureba aho abana bageze mu byerekeye gusoma, imibare, na Siyanse, rikazafasha ku menya aho abana bo mu Rwanda bageze mu byerekeye kwiga no kureba uburyo bahagaze ugereranije n’ ibindi bihugu 80 bahuriye muri iri suzumwa. Ni isuzumwa ryatangijwe kuri uyu wambere taliki 28 Mata 2025 ritangirizwa mu Kigo cya Camp

Read More
Amakuru Ibidukikije

FOMADECIE-BC 2025: Harnessing the Power of Communication to Save the Congo Basin

From April 22 to 25, 2025, Brazzaville played host to a landmark event that could reshape the trajectory of environmental action in Central Africa. The Forum Multi-Actors on the Development of Environmental Communication and Information in the Congo Basin (FOMADECIE-BC). This first-of-its-kind gathering brought together over 250 participants, including 150 journalists from more than 50 African

Read More
Iyobokamana Uncategorized

“Ijuru si Urugendo rw’Amagambo, ni Urugendo rw’Ibyemezo”

Ubuntu n’amahoro biva ku Mwami wacu Yesu Kristo bibane nawe igihe usoma ibitangazwan’ikinyamakuru cyacu muri iki gika cyahariwe Iyobokamana.Mugihe gishize twanditse tuvuga ko Imana ishoboye byose nk’uko tubyizera ariko ko hariho ibintubimwe na bimwe Imana idashobora gukora nubwo ishobora byose. Bimwe muri ibyo nibyo yaremeyeumuntu ngo abikore nk’uko twabonye urugero rwo kuramya no guhimbaza Imana

Read More
Ubuzima Uncategorized

Uburozi cyangwa Indwara? Ukuri kuri Stroque

Mu mudugudu wa Nyabivumu, hari umugabo w’imyaka mirongo itandatu n’itatu witwaga Gatera. Yari umugabo wubahwaga n’abaturage kubera ubuhanga n’ubushishozi. Yari umujyanama w’abaturage, akaba yaranagize uruhare mu kubaka ishuri n’isoko ry’aho batuye. Umunsi umwe, ubwo Gatera yari mu murima we w’urutoki, yahuye n’ibyago. Yikubise hasi ananirwa kuvuga, ukuboko kwe kw’ibumoso kwahise kugira ibibazo ku buryo kukunyeganyeza

Read More
Ibidukikije

Urubuga rwa IremboGov rwavuguruwe

Ikigo Irembo cyongereye ubushobozi urubuga rwacyo rwa ‘IremboGov’, hagamijwe gutanga serivisi za Leta abaturage bakeneye no kuborohereza kubona serivisi kandi mu buryo bwihuse. Cyasobanuye ko mu mezi ari imbere, serivisi zitangirwa kuri IremboGov zizimurirwa ku rubuga rwavuguruwe rwa new.irembo.gov.rw, kandi ko iyimurwa rizakorwa mu byiciro kugira ngo serivisi zikomeze kuboneka nta nkomyi, aho serivisi zitangwa

Read More
Imikino Uncategorized

Royon Sports yamenyesheje FERWAFA ko izava mu marushanwa aho gusubira mu mukino wa yihuje na Mukura VS iHuye

Rayon Sports yamenyesheje ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ko mu gihe amategeko yaba atubahirijwe ngo Mukura VS iterwe mpaga (3-0 )ku mukino ubanza wa 1/2 wahuje aya makipe, izava mu Gikombe cy’Amahoro 2024-2025 kuko FERWAFA izaba inaniwe kubahiriza amategeko agenga amarushanwa. Royon Sports yabimenyesheje FERWAFA kuri uyu wa 18 Mata 2025, aho

Read More