September 15, 2025
Kigali City - Rwanda
Imikino

Javier Pastore wakiniye PSG yashimye impano z’abana b’u Rwanda

Umunya-Argentine Javier Matías Pastore wakiniye Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ku wa Gatatu tariki 3 Nzeri 2025 yasuye Stade Amahoro, akorana imyitozo n’abana bo mu irerero rya PSG Academy, mu rwego rwo gushimangira ubufatanye bw’u Rwanda n’iyi kipe yo mu Bufaransa. Javier Pastore wari kumwe na Rwego Ngarambe, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo

Read More
Imyidagaduro

Michelle Yeoh, icyamamare muri filime za ‘Action’ ari mu Rwanda

Michelle Yeoh n’umugabo we Jean Todt, bari mu Rwanda aho babanje gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi. Nyuma yaho basuye Pariki y’Ibirunga, birebera ingangi n’izindi nyamaswa ziba muri iryoshyamba rikurura benshi. Yeoh ni umwe mu bagore bazwi cyane muri filime za ‘Action’ ku Isi, akaba yavuze ko yishimiye kuza mu Rwanda, nk’uko yabyanditse

Read More
Uncategorized

Bugesera: Batashye ivomo ry’amazi meza batandukana no kuvoma Cyohoha

Mu rwego rwo guteza imbere ibikorwa by’amazi, isuku n’isukura, Akarere ka Bugesera gafatanyije na WaterAid Rwanda, batashye ku mugaragaro ivomo ryubakiwe abaturage bo mu Mudugudu wa Gitagata mu Kagari ka Nyagihunika mu Murenge wa Musenyi, mu rwego rwo kurushaho gukemura ikibazo cy’abaturage bajyaga kuvoma mu kiyaga cya Cyohoha. Gutaha iri vomo ni igikorwa cyabereye mu

Read More
Ibidukikije

Ingagi 397 ni zo zimaze kwitwa amazina kuva mu 2005

Kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Nzeri 2025, abana 40 b’ingagi barahabwa amazina mu muhango ubera mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Kinigi, ukaba ugiye kuba ku nshuro ya 20. Mu bana b’ingagi bagiye guhabwa amazina harimo 22 bavutse muri 2023, bagombaga kwitwa amazina ku itariki 18 Ukwakira 2024 ariko birasubikwa mu kwirinda ikwirakwira

Read More
Economy

Igiciro cya zahabu cyageze hejuru kitigeze kigera mbere

Igiciro cya zahabu ku isoko mpuzamahanga cyageze ku gipimo cyo hejuru kitigeze kigeraho mbere, kubera ukwiyongera kw’abayishaka ahanini bivuye ku mpungenge ziriho ku bukungu ku Isi. Igiciro cya garama 31 za zahabu itunganyije (‘troy’ imwe) cyageze ku 3,508 by’Amadolari (Miliyoni 5Frw) kuri uyu wa kabiri. Igiciro cy’iri buye ry’agaciro gikomeje kuzamuka, aho kimaze kwiyongeraho hafi

Read More
Uncategorized

Sudan: Abantu basaga 1,000 bishwe n’inkangu

Imvura idasanzwe yaguye muri Sudan mu mpera z’icyumweru gishize yateje inkangu, maze yibasira umudugudu wose wa Tarasin abasaga 1,000 bahasiga ubuzima, nk’uko byatangajwe n’umwe mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri ako gace. Iyo mpanuka yabereye mu mudugudu uherereye mu burengerazuba bwa Darfur mu misozi y’ahitwa Marra, itangazo kuri ibyo byago rikaba ryarashyizwe ahagaragara ejo ku

Read More
Amakuru

Akarere ka Kayonza ku isonga mu batsinze ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye

Akarere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba kari ku isonga mu tundi turere mu kugira abanyeshuri batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, kakaba kari ku kigero cya 96.9%, aho gakurikiwe n’Akarere Kirehe kari kuri 95%, hakaza Rulindo 94.9, Ngoma 93.8, Nyamasheke 93.6, mu gihe uturere turi inyuma mu mitsindire ari aka Nyarugenge kari kuri

Read More
Amakuru

Afghanistan: Umutingito wahitanye abasaga 800, abarenga 2700 barakomereka

Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 6 (magnitude 6), wibasiye uburasirazuba bwa Afghanistan mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025, uhitana abantu basaga 800 naho abarenga 2,700 barakomereka, nk’uko byatangajwe na Guverinoma y’iki gihugu kuri uyu wa mbere. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku murwa mukuru Kaboul, umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan, Zabihullah Mujahid,

Read More
Politiki

Sénégal: Perezida Kagame yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Dakar muri Sénégal, aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems Forum/#AFS Forum2025). Akigera i Dakar ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 31 Kanama 2025, Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye. AFS Forum ni ihuriro ryita ku guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi

Read More
Economy

U Rwanda rwifuza ko mu myaka 10 ibyoherezwa mu mahanga byagera kuri Miliyari 7$

Inzobere mu bucuruzi mu Rwanda zivuga ko hakomeje gushakishwa uko amasoko y’ibyoherezwa mu mahanga yakwaguka, bityo bikava kuri Miliyari 3.5 z’Amadolari biriho uyu munsi, bikaba byagera kuri Miliyari 7 z’Amadolari ya Amerika mu myaka 10 iri imbere. Ibi barabivuga nyuma yo kwitabirira imurikagurisha mpuzamahanga ribera muri Mozambique, aho basanze bisaba ubufatanye kugira ngo iyo ntego

Read More