Ubushakashatsi bwagaragaje ko 65% by’Imiryango yo mu cyaro yabonye amashanyarazi
Ubushakashatsi bushya bwakozwe ku mibereho y’abaturage mu Rwanda bwagaragaje ko kugera ku muriro w’amashanyarazi mu gihugu cyiyongereye cyane. Muri raporo ya Integrated Household Living Conditions Survey (EICV7), byagaragaye ko kugera ku muriro mu Rwanda kwazamutse kuva ku 34% mu 2017 kugera ku 72% mu 2024. Mu mijyi, abantu bashoboye kubona umuriro w’amashanyarazi byiyongereye kuva ku